• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Internet yihuta mu Rwanda: Leta iteganya kongera igipimo cy’ahagera internet kigera kuri 97%

Uretse kongera iminara, leta ifite gahunda yo gukorana n’abafatanyabikorwa mu rwego rw’itumanaho kugira ngo haboneke internet igenda neza kandi ihendutse.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 13, 2025
in Amakuru
0
Internet yihuta mu Rwanda: Leta iteganya kongera igipimo cy’ahagera internet kigera kuri 97%

Minisitiri Ingabire kandi yagaragaje ko Leta izakomeza gushora imari mu bikorwa by’ikoranabuhanga no gukorana n’ibigo mpuzamahanga mu kongera umubare w’abagerwaho na internet mu Rwanda.

0
SHARES
4
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yatangarije Abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Ubwuzuzanye bw’abagabo n’abagore ko Guverinoma y’u Rwanda ifite intego yo kongera igipimo cy’ahagera internet ifite ingufu cyikagera kuri 97% by’ubuso bw’igihugu.

Ibi bizagerwaho binyuze mu kongera iminara 250 ku yari isanzwe, bikazafasha gukwirakwiza internet yihuta mu bice by’icyaro n’indi mijyi itaragerwagamo n’uburyo buhamye bw’itumanaho.

Minisitiri Ingabire yavuze ko iyi gahunda izafasha mu iterambere ry’ubukungu bushingiye ku ikoranabuhanga, kunoza imitangire ya serivisi za Leta hifashishijwe ikoranabuhanga, ndetse no gufasha urwego rw’ubucuruzi mu gukoresha internet mu bikorwa byabo bya buri munsi.

Yakomeje avuga ko iyi gahunda izunganirwa no gushyira imbaraga mu gukwirakwiza internet yihuta (broadband), cyane cyane mu mashuri, ibigo nderabuzima, n’ahandi hakenerwa ikoranabuhanga mu mibereho y’abaturage.

Yashimangiye ko Guverinoma ifite intego yo kugera ku Rwanda rufite ikoranabuhanga rihamye, aho buri muturage azashobora kubona serivisi za internet zifite umuvuduko wihuse, bigafasha mu guhanga imirimo mishya n’iterambere ry’ubukungu.

Iki gikorwa kizakorwa ku bufatanye bwa Leta n’abikorera, by’umwihariko ibigo bitanga serivisi z’itumanaho, kugira ngo iyi ntego izagerweho bitarenze umwaka wa 2026.

Minisitiri Ingabire kandi yagaragaje ko Leta izakomeza gushora imari mu bikorwa by’ikoranabuhanga no gukorana n’ibigo mpuzamahanga mu kongera umubare w’abagerwaho na internet mu Rwanda.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Abafata imiti igabanya ubukana bwa SIDA muri Kenya bahangayikishijwe n’imbogamizi mu iyoherezwa ryayo

Next Post

Ese Putin yiteguye agahenge cyangwa arimo gukina amayeri?

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Ese Putin yiteguye agahenge cyangwa arimo gukina amayeri?

Ese Putin yiteguye agahenge cyangwa arimo gukina amayeri?

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwahagaritse gucuruza ibigori bibisi

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwahagaritse gucuruza ibigori bibisi

January 6, 2026
U Rwanda rwinjiye mu myiteguro ya nyuma y’Igikombe cya Afurika cya Handball

U Rwanda rwinjiye mu myiteguro ya nyuma y’Igikombe cya Afurika cya Handball

January 6, 2026
Abatuye Kabungo barinubira ingamba zibabuza kwenga urwagwa

Abatuye Kabungo barinubira ingamba zibabuza kwenga urwagwa

January 6, 2026
Liam Rosenior agiye kugirwa umutoza mukuru wa Chelsea FC

Liam Rosenior agiye kugirwa umutoza mukuru wa Chelsea FC

January 5, 2026

Recent News

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwahagaritse gucuruza ibigori bibisi

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwahagaritse gucuruza ibigori bibisi

January 6, 2026
U Rwanda rwinjiye mu myiteguro ya nyuma y’Igikombe cya Afurika cya Handball

U Rwanda rwinjiye mu myiteguro ya nyuma y’Igikombe cya Afurika cya Handball

January 6, 2026
Abatuye Kabungo barinubira ingamba zibabuza kwenga urwagwa

Abatuye Kabungo barinubira ingamba zibabuza kwenga urwagwa

January 6, 2026
Liam Rosenior agiye kugirwa umutoza mukuru wa Chelsea FC

Liam Rosenior agiye kugirwa umutoza mukuru wa Chelsea FC

January 5, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwahagaritse gucuruza ibigori bibisi

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwahagaritse gucuruza ibigori bibisi

January 6, 2026
U Rwanda rwinjiye mu myiteguro ya nyuma y’Igikombe cya Afurika cya Handball

U Rwanda rwinjiye mu myiteguro ya nyuma y’Igikombe cya Afurika cya Handball

January 6, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com