• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

IShowSpeed yagaragaje ko adatera umwaku aza yiyambariye umwambaro umwe ukomatanyije

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
July 10, 2026
in Imikino
0
IShowSpeed yagaragaje ko adatera umwaku aza yiyambariye umwambaro umwe ukomatanyije
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umunyamerika w’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, IShowSpeed, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kugaragara ku mukino wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi wahuje Morocco n’u Bufaransa yambaye umwambaro udasanzwe wari ugizwe n’igice cy’ibara rya Morocco n’ikindi cy’u Bufaransa.

Ibi byakurikiye ibihuha bimaze iminsi bikwirakwira ku mbuga nkoranyambaga bivuga ko amakipe IShowSpeed agaragaza ko afana akunze guhita asezererwa muri iri rushanwa. Kubera iyo mpamvu, benshi bamwise “umwaku” w’amakipe, nubwo ibyo nta gihamya bifatika bifite.

Mu rwego rwo kwirinda kongera gushyirwa mu majwi, IShowSpeed yahisemo kutagaragaza ko ari ku ruhande rumwe. Yagaragaye yambaye umupira uhuje ibirango by’ibihugu byombi mbere y’uko umukino utangira, ibintu byakuruye impaka n’ibyishimo ku mbuga nkoranyambaga.

N’ubwo yari yagerageje kutabogama, ibyo ntibyabujije u Bufaransa gutsinda Morocco ibitego 2-0, bukomeza muri 1/2 cy’irangiza cy’Igikombe cy’Isi cya 2026, mu gihe Morocco yasezerewe.

Abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje gusetsa bavuga ko IShowSpeed yashatse “gutsinda umwaku” yambara amakipe yombi icyarimwe, mu gihe abandi bavuga ko ari uburyo bwo kwinezeza no gukomeza gusabana n’abafana be. Nubwo ibyo byose bikomeje kuvugisha benshi, nta kimenyetso cyerekana ko kuba afana ikipe runaka ari byo bituma itsindwa, ahubwo bikomeje gufatwa nk’urwenya rw’abafana ba ruhago ku mbuga nkoranyambaga.

IShowSpeed yagaragaje ko adatera umwaku aza yiyambariye umwambaro umwe ukomatanyije
ADVERTISEMENT
Previous Post

kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

Next Post

DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

July 11, 2026
DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

July 11, 2026
IShowSpeed yagaragaje ko adatera umwaku aza yiyambariye umwambaro umwe ukomatanyije

IShowSpeed yagaragaje ko adatera umwaku aza yiyambariye umwambaro umwe ukomatanyije

July 10, 2026
kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

July 10, 2026

Recent News

Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

July 11, 2026
DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

July 11, 2026
IShowSpeed yagaragaje ko adatera umwaku aza yiyambariye umwambaro umwe ukomatanyije

IShowSpeed yagaragaje ko adatera umwaku aza yiyambariye umwambaro umwe ukomatanyije

July 10, 2026
kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

July 10, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

July 11, 2026
DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

July 11, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com