• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
July 10, 2026
in Imyidagaduro
0
kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge
0
SHARES
4
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Abakunda ibihe by’imyidagaduro bafite impamvu yo kwitegura hakiri kare kuko kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Nyakanga 2026, Ti’Amo Lounge irakira Umuraperi Semana Kevin uzwi ku izina rya Ish Kevin, mu gitaramo gitegerejwe na benshi. Ni ijoro riteganyijwe kubamo umuziki udasanzwe, ibyo biza gutama haza kuba amateka ku baza kubyitabira.

Abateguye iki gitaramo baributsa abakunzi babo ko batagomba kuba abantu bazarebera ibyabereye muri Ti’Amo Lounge ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo bagomba kuza kwifatanya n’inshuti zabo bakabyibonera imbonankubone. Ish Kevin arataramira abitabiriye mu ndirimbo ze zakunzwe ndetse n’izigezweho, ibintu bitegerejwe kuzamura akanyamuneza kugeza mu masaha akuze y’ijoro.

Ti’Amo Lounge ikomeje kuba imwe muri Bar&Resto ikunzwe cyane mu Mujyi wa Kigali kubera serivisi zinoze, ibiribwa n’ibinyobwa byiza biharangwa ndetse n’ibirori bidasanzwe ihora itegura. Kuri uyu wa Gatanu na bwo, abitabiriye barahabwa amahirwe yo kwidagadurira ahantu hatekanye.

Ti’Amo Lounge iherereye i Remera, ahateganye na Gare, iruhande rwa sitasiyo ya Oryx, aho byoroshye kuhagera uturutse impande zose z’Umujyi wa Kigali. Niba uteganya gusohokana n’inshuti, uwo mukundana cyangwa abo mu muryango, iri ni ryo joro ryiza ryo kwirebera Ish Kevin mu gitaramo kirabera Ti’Amo.

Ku bifuza gutumiza ibyo kurya cyangwa bakeneye ibindi bisobanuro, bashobora guhamagara kuri numero 0788 302 456 cyangwa 0796 124 773. Ntucikwe n’iri joro ridasanzwe, Ti’Amo Lounge ni ho ibyishimo biraza  kuba biri kuri uyu wa Gatanu.

kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

https://share.google/YLuRTLHW5Xw0nFpUH

ADVERTISEMENT
Previous Post

Ashton Hall, Indian Ashton Hall na Ashton Small( Kagarara ) bamaze gusesekara i Kigali

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

July 10, 2026
Ashton Hall, Indian Ashton Hall na Ashton Small( Kagarara ) bamaze gusesekara i Kigali

Ashton Hall, Indian Ashton Hall na Ashton Small( Kagarara ) bamaze gusesekara i Kigali

July 10, 2026
Ghana yasabye Perezida Ramaphosa gusubika uruzinduko kubera impungenge z’umutekano

Ghana yasabye Perezida Ramaphosa gusubika uruzinduko kubera impungenge z’umutekano

July 8, 2026
Danilo ni wenyine watashye mu ndege mu bakinnyi b’ikipe y’Igihugu ya Brazil, nyuma yo gusezererwa mu Gikombe cy’Isi

Danilo ni wenyine watashye mu ndege mu bakinnyi b’ikipe y’Igihugu ya Brazil, nyuma yo gusezererwa mu Gikombe cy’Isi

July 8, 2026

Recent News

kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

July 10, 2026
Ashton Hall, Indian Ashton Hall na Ashton Small( Kagarara ) bamaze gusesekara i Kigali

Ashton Hall, Indian Ashton Hall na Ashton Small( Kagarara ) bamaze gusesekara i Kigali

July 10, 2026
Ghana yasabye Perezida Ramaphosa gusubika uruzinduko kubera impungenge z’umutekano

Ghana yasabye Perezida Ramaphosa gusubika uruzinduko kubera impungenge z’umutekano

July 8, 2026
Danilo ni wenyine watashye mu ndege mu bakinnyi b’ikipe y’Igihugu ya Brazil, nyuma yo gusezererwa mu Gikombe cy’Isi

Danilo ni wenyine watashye mu ndege mu bakinnyi b’ikipe y’Igihugu ya Brazil, nyuma yo gusezererwa mu Gikombe cy’Isi

July 8, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

July 10, 2026
Ashton Hall, Indian Ashton Hall na Ashton Small( Kagarara ) bamaze gusesekara i Kigali

Ashton Hall, Indian Ashton Hall na Ashton Small( Kagarara ) bamaze gusesekara i Kigali

July 10, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com