• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
ADVERTISEMENT
Home Imyidagaduro

Ku muhanzi Safi Madiba birakwiye ko yakandavurira mu tubari?

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
December 3, 2024
in Imyidagaduro
0
Ku muhanzi Safi Madiba birakwiye ko yakandavurira mu tubari?
0
SHARES
12
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Imyaka ine irihiritse umuhanzi Nyarwanda Safi Madiba atakibarizwa mu gihugu cy’u Rwanda.

Yabwiye Radio Rwanda ko nyuma y’ibitaramo arimo gukorera hanze y’u Rwanda azaza gutaramira abakunzi be mu Rwanda.

Umuhanzi Niyibikora Safi wamamaye mu muziki nka Safi Madiba yatangaje ko ateganya gukora ibitaramo mu Rwanda nyuma y’ibyo agiye gukorera i Lyon mu Bufaransa.

Safi Madiba ndetse n’itsinda rya Urban Boyz muri rusange ryahoze rifite imizi ku gikundiro mu Rwanda ndetse no mu Mahanga, iyi Urban Boyz yaje gutandukana mu 2017, ibyishima bahaga Abanyarwanda bitangira gunyonyobwa.

Uyu muhanzi yaje kuva muri Urban Boyz akomeje guha umunezero Abanyarwanda biciye mu ndiririmbo ze yagiye akorana nabandi bahanzi nka Got It yakoranye na Meddy, Kimwe Kimwe, Ina Million yakoranye na Harmonize, I Love You , Nisamehe yakoranye na Riderman nawe usanzwe wibitseho abafana batari bake, Ntimunywa yakoranye na DJ Marnaud n’izindi zose yashyizemo ijwi rye zarakunzwe.

Uyu muhanzi Safi Madiba yakoranye indirimbo na bahanzi benshi batandukanye ku buryo gutegura igitaramo cye bitari bigoranye.

Uhereye ku ndirimbo yakoranye na bagenzi be bahoze bari kumwe muri Urban Boyz byashoboka cyane ko yari gushyira hasi icyo bapfuye ahubwo agashyira imbaraga mu bucuruzi bwe.

Uyu muririmbyi usibye ko ubwe yanabasha kwitegurira igitaramo cye, byanashobokaga ko yakwegera abasanzwe bategura ibitaramo akabagezaho umushinga we ubundi bakanaganira hakarebwa icyakorwa.

Safi Madiba ari mu bahanzi bashyize itafari mu muziki Nyarwanda mu myaka yashize akiri kumwe n’itsinda ryahoze ari Urban Boyz.

Safi Madiba ari mu bahanzi baza mu Rwanda bagahabwa indabo zisobanura ko abayishimiwe.

Hari abahanzi bagiye muri Amerika bagarutse bakakirwa nk’abami ariyo mpamvu na Safi Madiba yagombaga kwigira ku birenge bya bakuru be, akareka kwandavura ashaje.

Safi Madiba umwe mu bafite izina rikomeye mu gihugu cy’u Rwanda bitewe nibyo yahakoreye; yaba mu gukora umuziki mwiza ukaba warakunzwe na nubu ukaba ucyumvwa.

Safi Madiba hashize iminsi humvikanye inkuru itari nziza kuri uyu muhanzi Nyarwanda, usigaye ufite imico itari myiza yo kujya mu kabari, akanywa ibisindisha hanyuma agasinda, akibagirwa uwari we, agatangira kwandavurira mu bakozi bashinzwe guseriva abakiriya.

Ibi bigaragaye nyuma yuko amaze iminsi abonye Ubwenegihugu bwo mu gihugu cya Canada. Ariko se nk’umuhanzi usanzwe uhanga udushya
mu ndirimbo ze ‘igakundwa’, “byari bikwiye ko yandavurira mu tubari”?.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Umuhanzikazi Mariah Carey akomeje kuba umwamikazi wa Nohel

Next Post

DRC: Abantu10 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cya ADF

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
DRC: Abantu10 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cya ADF

DRC: Abantu10 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cya ADF

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Ruth Akoragye yitandukanije na Victor Kamenyo, avuga ko urukundo rwabaye amateka

Ruth Akoragye yitandukanije na Victor Kamenyo, avuga ko urukundo rwabaye amateka

May 11, 2025
Kylie Jenner yita ku isuku ya Timothée Chalamet mu gihe cy’urukundo cyagaragaye kuri FaceTime

Kylie Jenner yita ku isuku ya Timothée Chalamet mu gihe cy’urukundo cyagaragaye kuri FaceTime

May 11, 2025
Sophia Umansky asubije abamunenga: “Nzajya nkoresha imiti igabanya ibiro niba mbishaka!”

Sophia Umansky asubije abamunenga: “Nzajya nkoresha imiti igabanya ibiro niba mbishaka!”

May 11, 2025
FDNB ivuga ko yatsinze ibitero byinshi by’inyashyamba, nubwo nayo yagabweho ibitero bikomeye

FDNB ivuga ko yatsinze ibitero byinshi by’inyashyamba, nubwo nayo yagabweho ibitero bikomeye

May 10, 2025

Recent News

Ruth Akoragye yitandukanije na Victor Kamenyo, avuga ko urukundo rwabaye amateka

Ruth Akoragye yitandukanije na Victor Kamenyo, avuga ko urukundo rwabaye amateka

May 11, 2025
Kylie Jenner yita ku isuku ya Timothée Chalamet mu gihe cy’urukundo cyagaragaye kuri FaceTime

Kylie Jenner yita ku isuku ya Timothée Chalamet mu gihe cy’urukundo cyagaragaye kuri FaceTime

May 11, 2025
Sophia Umansky asubije abamunenga: “Nzajya nkoresha imiti igabanya ibiro niba mbishaka!”

Sophia Umansky asubije abamunenga: “Nzajya nkoresha imiti igabanya ibiro niba mbishaka!”

May 11, 2025
FDNB ivuga ko yatsinze ibitero byinshi by’inyashyamba, nubwo nayo yagabweho ibitero bikomeye

FDNB ivuga ko yatsinze ibitero byinshi by’inyashyamba, nubwo nayo yagabweho ibitero bikomeye

May 10, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Ruth Akoragye yitandukanije na Victor Kamenyo, avuga ko urukundo rwabaye amateka

Ruth Akoragye yitandukanije na Victor Kamenyo, avuga ko urukundo rwabaye amateka

May 11, 2025
Kylie Jenner yita ku isuku ya Timothée Chalamet mu gihe cy’urukundo cyagaragaye kuri FaceTime

Kylie Jenner yita ku isuku ya Timothée Chalamet mu gihe cy’urukundo cyagaragaye kuri FaceTime

May 11, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com