• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Mbappé yasubizanyije uburakari umunyamakuru wamubazaga niba Real Madrid ari we igenderaho

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
November 27, 2025
in Imikino
0
Mbappé yasubizanyije uburakari umunyamakuru wamubazaga niba Real Madrid ari we igenderaho
0
SHARES
12
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Rutahizamu w’Ubufaransa ukinira Real Madrid, Kylian Mbappé, yagaragaje kutishimira ikibazo cy’umunyamakuru wamubajije niba koko Real Madrid yishingikiriza cyane ku bushobozi bwe, ndetse anasubiza ku byavuzwe mu minsi ishize ko abakinnyi batacyizera umutoza Xabi Alonso.

Byabaye nyuma y’umukino wo kuri uyu wa kabiri, ubwo Real Madrid yatsindaga Olympiacos ibitego 4-3 mu mukino wa UEFA Champions League. Mbappé ni we watsinze ibitego byose bine, harimo hattrick yatsinze mu gihe gito cyane mu minota 6 n’amasegonda 42, bimuha kuba umukinnyi wa kabiri mu mateka utsinze hattrick yihuse muri iri rushanwa, nyuma ya Mohamed Salah wayitsinze mu minota 6 n’amasegonda 12.

Nyuma y’umukino, Mbappé yavuze ko iyi ntsinzi yari ikenewe cyane nyuma y’uko ikipe imaze imikino itatu idatsinda. Ati: “Byari ingenzi cyane ko dusubira mu murongo mwiza. Twari tumaze imikino itatu tudatsinda kandi byari bibabaje. Uyu munsi twari dufite intego yo kugaruka mu makipe 8 ya mbere muri Champions League. Nubwo twatangiye nabi, twigaruriye umukino nyuma biraba urugamba rukomeye, ariko amaherezo dutahana intsinzi.”

Ku kibazo cy’uko Real Madrid igenderaho we ubwe, Mbappé yasubije atazuyaje, avuga ko “ikipe ari iy’abakinnyi bose” ndetse ko gutsinda ari inshingano zisangiwe, bityo adashyigikira ibisobanuro by’uko ikipe yaba ariwe igenderaho. Yakomeje no kuvuga ko “nta makimbirane ari hagati ye n’umutoza Xabi Alonso”, anasaba itangazamakuru kujya babaza ibibazo bifite aho bihuriye n’umukino babonye.

Mbappé yasubizanyije uburakari umunyamakuru wamubazaga niba Real Madrid ari we igenderaho

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

“N’ubwo Arsenal amasezerano ya ‘Visit Rwanda’ azasozwa muri Kamena 2026, nzaguma ndi umufana wa Arsenal”

Next Post

Abapolisi 177 bari mu mahugurwa ya CTTC bakoze urugendoshuri rwo kwimakaza ubunyamwuga

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Abapolisi 177 bari mu mahugurwa ya CTTC bakoze urugendoshuri rwo kwimakaza ubunyamwuga

Abapolisi 177 bari mu mahugurwa ya CTTC bakoze urugendoshuri rwo kwimakaza ubunyamwuga

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

July 31, 2026
Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

July 31, 2026

Recent News

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

July 31, 2026
Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

July 31, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com