• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Mbosso yahawe uburenganzira bwo gusezera muri Wasafi Records nta nyishyu

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 30, 2025
in Imyidagaduro
0
Mbosso yahawe uburenganzira bwo gusezera muri Wasafi Records nta nyishyu
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umunyamakuru wa Wasafi FM akaba n’inshuti ya Diamond Platnumz, Babalevo, yatangaje ko Diamond yemereye Mbosso kuba yava muri Wasafi Records igihe cyose ashakiye, nta nyishyu asabwe gutanga. Ibi ni ibintu bitamenyerewe mu muzika wa Tanzania, aho abahanzi bakunze gukorana amasezerano bafatwa nk’abanyamigabane muri label baba babarizwamo, bikabasaba kwishyura amafaranga runaka kugira ngo babashe kwigenga.

Babalevo yavuze ko icyatumye Diamond afata iki cyemezo ari imyitwarire myiza ya Mbosso, wamaze igihe kinini yubaha ubuyobozi bwa WCB (Wasafi Classic Baby) ndetse akanagaragaza ubudahemuka kuri Diamond n’abandi bayobozi b’iyi label.

Mbosso yari amaze imyaka igera kuri itandatu muri Wasafi Records, aho yakoranye indirimbo zakunzwe nka Hodari, Baikoko, Tamu, n’izindi nyinshi zatumye amenyekana mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba.

Kuva Mbosso yakwinjira muri Wasafi mu 2018, yagize amahirwe yo gukorana n’abahanzi bakomeye nka Diamond Platnumz, Rayvanny, Lava Lava, na Zuchu.

Ibi byamufashije gutera imbere mu muziki, bigaragarira mu ndirimbo ze zagiye zikundwa cyane ku mbuga nkoranyambaga no kuri YouTube, aho afite amashusho y’indirimbo amaze gushyira hanze afite abarenga miliyoni 100 z’abayazirebye.

Iyi nkuru yo gusezera muri Wasafi nta nyishyu yishimiwe na benshi mu bakunzi ba Mbosso, ndetse bamwe babifashe nk’icyemezo cyiza kigaragaza ukuntu Diamond Platnumz ashyira imbere iterambere ry’abahanzi bakorana.

Ubusanzwe, abahanzi basinye amasezerano mu ma label akomeye baba bagomba gukurikiza amategeko akakaye, aho biba bigoye kugenda nta ngorane. Kuba Mbosso yemerewe kuva muri Wasafi nta kiguzi, byagaragaye nk’urugero rwiza rwo gushyigikira impano mu muziki wa Afurika y’Iburasirazuba.

Kugeza ubu, nta makuru arambuye Mbosso yatangaje ku bijyanye n’ahazaza he mu muziki, cyangwa niba agiye kwishingira label ye bwite. Ariko birashoboka ko ashobora gukomeza umwuga we nk’umuhanzi wigenga cyangwa agasinyira indi label nshya.

Babalevo yavuze ko icyatumye Diamond afata iki cyemezo ari imyitwarire myiza ya Mbosso, wamaze igihe kinini yubaha ubuyobozi bwa WCB (Wasafi Classic Baby) ndetse akanagaragaza ubudahemuka kuri Diamond n’abandi bayobozi b’iyi label.
Mbosso kubwo kubaha umuherwe akaba n’umuhanzi Diamond Platnumz yemerewe gucutswa nta nyishyu.
Diamond yemereye Mbosso kuba yava muri Wasafi Records igihe cyose ashakiye, nta nyishyu asabwe gutanga.

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Indege ya gisirikare ya Amerika yagonganye n’indege ya gisivile mu kirere, ubutabazi buhita butangira

Next Post

“Emilia Pérez”: Filimi ya Selena Gomez yateje impaka zikomeye muri Mexique

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
“Emilia Pérez”: Filimi ya Selena Gomez yateje impaka zikomeye muri Mexique

“Emilia Pérez”: Filimi ya Selena Gomez yateje impaka zikomeye muri Mexique

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

June 6, 2025
Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

June 6, 2025
Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

June 6, 2025
Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

June 5, 2025

Recent News

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

June 6, 2025
Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

June 6, 2025
Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

June 6, 2025
Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

June 5, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

June 6, 2025
Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

June 6, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com