• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Mbosso yahawe uburenganzira bwo gusezera muri Wasafi Records nta nyishyu

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 30, 2025
in Imyidagaduro
0
Mbosso yahawe uburenganzira bwo gusezera muri Wasafi Records nta nyishyu
0
SHARES
5
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umunyamakuru wa Wasafi FM akaba nโ€™inshuti ya Diamond Platnumz, Babalevo, yatangaje ko Diamond yemereye Mbosso kuba yava muri Wasafi Records igihe cyose ashakiye, nta nyishyu asabwe gutanga. Ibi ni ibintu bitamenyerewe mu muzika wa Tanzania, aho abahanzi bakunze gukorana amasezerano bafatwa nkโ€™abanyamigabane muri label baba babarizwamo, bikabasaba kwishyura amafaranga runaka kugira ngo babashe kwigenga.

Babalevo yavuze ko icyatumye Diamond afata iki cyemezo ari imyitwarire myiza ya Mbosso, wamaze igihe kinini yubaha ubuyobozi bwa WCB (Wasafi Classic Baby) ndetse akanagaragaza ubudahemuka kuri Diamond nโ€™abandi bayobozi bโ€™iyi label.

Mbosso yari amaze imyaka igera kuri itandatu muri Wasafi Records, aho yakoranye indirimbo zakunzwe nka Hodari, Baikoko, Tamu, nโ€™izindi nyinshi zatumye amenyekana mu Karere ka Afurika yโ€™Iburasirazuba.

Kuva Mbosso yakwinjira muri Wasafi mu 2018, yagize amahirwe yo gukorana nโ€™abahanzi bakomeye nka Diamond Platnumz, Rayvanny, Lava Lava, na Zuchu.

Ibi byamufashije gutera imbere mu muziki, bigaragarira mu ndirimbo ze zagiye zikundwa cyane ku mbuga nkoranyambaga no kuri YouTube, aho afite amashusho yโ€™indirimbo amaze gushyira hanze afite abarenga miliyoni 100 zโ€™abayazirebye.

Iyi nkuru yo gusezera muri Wasafi nta nyishyu yishimiwe na benshi mu bakunzi ba Mbosso, ndetse bamwe babifashe nkโ€™icyemezo cyiza kigaragaza ukuntu Diamond Platnumz ashyira imbere iterambere ryโ€™abahanzi bakorana.

Ubusanzwe, abahanzi basinye amasezerano mu ma label akomeye baba bagomba gukurikiza amategeko akakaye, aho biba bigoye kugenda nta ngorane. Kuba Mbosso yemerewe kuva muri Wasafi nta kiguzi, byagaragaye nkโ€™urugero rwiza rwo gushyigikira impano mu muziki wa Afurika yโ€™Iburasirazuba.

Kugeza ubu, nta makuru arambuye Mbosso yatangaje ku bijyanye nโ€™ahazaza he mu muziki, cyangwa niba agiye kwishingira label ye bwite. Ariko birashoboka ko ashobora gukomeza umwuga we nkโ€™umuhanzi wigenga cyangwa agasinyira indi label nshya.

Babalevo yavuze ko icyatumye Diamond afata iki cyemezo ari imyitwarire myiza ya Mbosso, wamaze igihe kinini yubaha ubuyobozi bwa WCB (Wasafi Classic Baby) ndetse akanagaragaza ubudahemuka kuri Diamond nโ€™abandi bayobozi bโ€™iyi label.
Mbosso kubwo kubaha umuherwe akaba n’umuhanzi Diamond Platnumz yemerewe gucutswa nta nyishyu.
Diamond yemereye Mbosso kuba yava muri Wasafi Records igihe cyose ashakiye, nta nyishyu asabwe gutanga.

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Indege ya gisirikare ya Amerika yagonganye nโ€™indege ya gisivile mu kirere, ubutabazi buhita butangira

Next Post

โ€œEmilia Pรฉrezโ€: Filimi ya Selena Gomez yateje impaka zikomeye muri Mexique

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
โ€œEmilia Pรฉrezโ€: Filimi ya Selena Gomez yateje impaka zikomeye muri Mexique

โ€œEmilia Pรฉrezโ€: Filimi ya Selena Gomez yateje impaka zikomeye muri Mexique

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026

Recent News

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com