• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Muri ibi bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Badrama akomeje gukoresha amagambo yo gupfobya

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 13, 2026
in Imyidagaduro
0
Muri ibi bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Badrama akomeje gukoresha amagambo yo gupfobya
0
SHARES
51
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Badrama yongeye guteza impaka ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo gutangaza amagambo benshi bafashe nk’apfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ibyo yavuze byatumye abakoresha imbuga nkoranyambaga batangira kumunenga bikomeye, bamusaba kwisubiraho no gusaba imbabazi.

Mu butumwa bwe, Badrama yagaragaje gushidikanya ku mateka ya Jenoside ndetse anibaza impamvu hari bamwe mu bakekwaho uruhare muri bo batavugwa. Aya magambo ye ntiyakiriwe neza n’abatari bake, cyane cyane muri ibi bihe byo kwibuka Jenoside, aho Abanyarwanda baba bibanda ku kuzirikana amateka no guha icyubahiro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Umu-blogger Jay Squeezer nawe ntiyihanganiye ayo magambo, ahita amugira inama yo gusaba imbabazi, amwibutsa ko ibyo yavuze bishobora gukomeretsa benshi no gutesha agaciro ukuri ku mateka y’u Rwanda. Jay Squeezer yagize ati: “Ukeneye kwisubiraho ugasaba imbabazi kuko ibyo uri kuvuga si byo kandi birababaza, bitabaye ibyo njye nawe tuzabonana imbonankubo.”

Nubwo yagiriwe inama, Badrama yakomeje gutsimbarara ku byo yavuze, ibintu byatumye umwuka urushaho gukara hagati ye n’abanyarwanda muri rusange.

Ibi bibaye mu gihe u Rwanda rushyize imbere kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 no guharanira ko amateka yayo yigishwa ukuri kose. Abasesenguzi bavuga ko amagambo nk’aya ashobora guteza urujijo no gusubiza inyuma mu ntambwe igihugu cyateye mu bumwe n’ubwiyunge.

Hari abibaza niba Badrama azafata icyemezo cyo gusaba imbabazi cyangwa niba azakomeza gutsimbarara ku byo yavuze, doreko amaze n’iminsi atari kuvuga u Rwanda neza.

Muri ibi bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Badrama akomeje gukoresha amagambo yo gupfobya

ADVERTISEMENT
Previous Post

Mejores Bonos de Casino Colombia online 2025: Top 8 en Septiembre

Next Post

Amwe mu magambo umuhanzikazi Butera Knowless yatangaje muri ibi bihe byo kwibuka

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Amwe mu magambo umuhanzikazi Butera Knowless yatangaje muri ibi bihe byo kwibuka

Amwe mu magambo umuhanzikazi Butera Knowless yatangaje muri ibi bihe byo kwibuka

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Amerika iteganya kohereza abimukira ba Iran muri Centrafrique

Amerika iteganya kohereza abimukira ba Iran muri Centrafrique

June 12, 2026
Uwahoze akina Filime yashinje Diddy kumusambanya amwizeza akazi muri Hollywood

Uwahoze akina Filime yashinje Diddy kumusambanya amwizeza akazi muri Hollywood

June 12, 2026
Raúl Jiménez yaturitse ararira, nyuma yo gutsinda igitego cye cya mbere mu gikombe cy’Isi, acyegurira Se witabye Imana

Raúl Jiménez yaturitse ararira, nyuma yo gutsinda igitego cye cya mbere mu gikombe cy’Isi, acyegurira Se witabye Imana

June 12, 2026
Urukiko rwanzuye ko kwita Ingabire Nelly ‘igikuri’ bishobora kuba ivangura

Urukiko rwanzuye ko kwita Ingabire Nelly ‘igikuri’ bishobora kuba ivangura

June 12, 2026

Recent News

Amerika iteganya kohereza abimukira ba Iran muri Centrafrique

Amerika iteganya kohereza abimukira ba Iran muri Centrafrique

June 12, 2026
Uwahoze akina Filime yashinje Diddy kumusambanya amwizeza akazi muri Hollywood

Uwahoze akina Filime yashinje Diddy kumusambanya amwizeza akazi muri Hollywood

June 12, 2026
Raúl Jiménez yaturitse ararira, nyuma yo gutsinda igitego cye cya mbere mu gikombe cy’Isi, acyegurira Se witabye Imana

Raúl Jiménez yaturitse ararira, nyuma yo gutsinda igitego cye cya mbere mu gikombe cy’Isi, acyegurira Se witabye Imana

June 12, 2026
Urukiko rwanzuye ko kwita Ingabire Nelly ‘igikuri’ bishobora kuba ivangura

Urukiko rwanzuye ko kwita Ingabire Nelly ‘igikuri’ bishobora kuba ivangura

June 12, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Amerika iteganya kohereza abimukira ba Iran muri Centrafrique

Amerika iteganya kohereza abimukira ba Iran muri Centrafrique

June 12, 2026
Uwahoze akina Filime yashinje Diddy kumusambanya amwizeza akazi muri Hollywood

Uwahoze akina Filime yashinje Diddy kumusambanya amwizeza akazi muri Hollywood

June 12, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com