• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Namibiya yashyinguye Sam Nujoma, umuyobozi w’ikirenga mu rugamba rwo kwibohora

Sam Nujoma yashyinguwe nk'intwari y’ubwisanzure muri Namibiya.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 2, 2025
in Amakuru
0
Namibiya yashyinguye Sam Nujoma, umuyobozi w’ikirenga mu rugamba rwo kwibohora
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Ku wa Gatandatu, Namibia yashyinguye Perezida washinze iki gihugu, Sam Nujoma, mu irimbi ry’Intwari Acre, aho yakiriwe nk’intwari y’igihugu n’umwe mu bayobozi b’ikirenga barwanyije ubukoloni muri Afurika.

Uyu muhango wabaye uw’icyubahiro, witabirwa n’umuryango wa nyakwigendera ndetse n’abayobozi bakuru bo muri Afurika, ab’ubu n’abayoboye igihe cyashyize.

Sam Nujoma azwi nka “Se washinze” Namibiya, kuko yavuye mu buzima bwo korora inka akiri muto, maze ajya imbere y’urugamba rwo guharanira ubwigenge bw’igihugu cye cyari gikandamizwa na Afurika y’Epfo.

Perezida wa Namibia, Nangolo Mbumba, yavuze amagambo akomeye ashimira Nujoma, ati: “Kuri ibi bibanza byera, dushyinguye umugabo w’icyubahiro k’ubutaka bwacu, igihangange mu bayobozi, n’ishusho y’impinduramatwara.”

Abantu baturutse hirya no hino mu gihugu bateraniye mu murwa mukuru, Windhoek, mu gitondo cya kare, bunamira Nujoma, wapfuye afite imyaka 95.

Sam Nujoma, uzwi nka “Se washinze Namibia,” yavuyemo umwana uragira inka maze agahagarara ku ruhembe rw’urugamba rwo kwigenga, ubwo yari ayoboye SWAPO, umutwe wabarwanyije ubutegetsi bw’Afurika y’Epfo. Yabaye Perezida wa mbere wa Namibia guhera mu 1990, akayobora manda eshatu kugeza mu 2005.

Pendukeni Ithana, umuyobozi wungirije wa Fondasiyo ya Sam Nujoma, yamugiriye icyubahiro, agira ati: “Yabaye intangarugero mu rugamba rwo kwibohora kwa Afurika. Mu myaka ya za 1950, ni umwe mu bantu bahagurukiye kurwanya ivanguramoko.”

Namibia yateguye iminsi 21 y’icyunamo, amabendera amanurwa, ndetse umurambo wa Nujoma ugenda uciyemo uturere turindwi kugira ngo abaturage bose bamusezereho.

Ubwo isanduku ye yomekwagaho ibendera rya Namibia yamanurwaga, habayeho indamutso y’imbunda 21 ndetse n’ikirori cy’ingabo zirwanira mu kirere cya Namibia, flypast, mu guha icyubahiro umuyobozi wayoboye urugendo rwo kubohora igihugu.

Nujoma yayoboye Namibia manda eshatu, kuva mu 1990 ubwo igihugu cyabonaga ubwigenge, kugeza mu 2005.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Vestine na Dorcas bateguje indirimbo yabo nshya “Nitawale” igiye kujya hanze

Next Post

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Keir Starmer, yagize uruhare rukomeye mu mibereho ya politiki mpuzamahanga, cyane cyane ku kibazo cya Ukraine

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Keir Starmer, yagize uruhare rukomeye mu mibereho ya politiki mpuzamahanga, cyane cyane ku kibazo cya Ukraine

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Keir Starmer, yagize uruhare rukomeye mu mibereho ya politiki mpuzamahanga, cyane cyane ku kibazo cya Ukraine

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

July 11, 2025

Recent News

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

July 11, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com