• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

“Natewe iwanjye mu rugo nkubitwa izasagutse kuri Yesu” – Jay Squeezer

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 14, 2026
in Imyidagaduro
0
“Natewe iwanjye mu rugo nkubitwa izasagutse kuri Yesu” – Jay Squeezer
0
SHARES
36
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umwe mu ba blogger bazwi cyane mu Rwanda, Jay Squeezer, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ko yatewe n’abantu atazi mu rugo iwe nijoro ryo ku wa 13 Mata, bakamukubita bikabije kugeza ubwo ubuzima bwe bwari mu kaga.

Nk’uko yabitangaje kuri channel ya YouTube ye Kasuku Media Tv, yavuze ko abo bagizi ba nabi binjiye iwe bambaye (mask) ku buryo byamugoye kubamenya. Icyamutangaje kurushaho ni uko bavugaga Ikinyarwanda neza, ibintu byatumye hakeka ko bashobora kuba ari abantu basanzwe baba hafi cyangwa se bafite aho bahuriye n’aho atuye.

Mu magambo ye yuzuyemo agahinda n’ubwoba, Jay Squeezer yagize ati: “Bamfashe barankubita bikabije, ku buryo numvaga ubuzima bwanjye burangiye, bankubise nk’izasagutse kuri Yesu.”

Aya magambo agaragaza ubukana bw’ihohoterwa yakorewe, ndetse anatera impungenge abakurikiranira hafi ibikorwa bye ku mbuga nkoranyambaga.

Amakuru aturuka hafi ye avuga ko aba bantu bashobora kuba bari bafite umugambi mubisha, ndetse hakaba hakekwa ko bashobora kuba baratumwe n’undi muntu utaramenyekana kugeza ubu. Ibi byatumye benshi batangira kwibaza ku mutekano w’abanyamakuru n’abakora ibijyanye no gutangaza amakuru kuri internet mu Rwanda, dore ko mu bisanzwe ubu atari kubarizwa mu Rwanda aho ari muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

Nubwo kugeza ubu inzego z’umutekano zitaragira byinshi zitangaza kuri iki kibazo, haracyakomeje iperereza kugira ngo hamenyekane abihishe inyuma y’iki gitero. Abakunzi ba Jay Squeezer bakomeje gusaba ko hakorwa iperereza ryimbitse, kugira ngo abakoze ibi bagezwe imbere y’ubutabera.

Iyi nkuru yasize benshi mu rujijo, bamwe bibaza niba koko ari igitero cyateguwe neza cyangwa niba hari ibindi byihishe inyuma yacyo. Icyakora, ikigaragara ni uko ubuzima bw’uyu mu blogger bwari mu kaga, kandi hakenewe ingamba zihamye zo kurinda abakora umwuga nk’uwe.

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Safi Madiba yasabye ababyeyi kudahisha abana amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Next Post

Murangira B. Thierry, yemeje ko dosiye ya Eric Semuhungu yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Murangira B. Thierry, yemeje ko dosiye ya Eric Semuhungu yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha

Murangira B. Thierry, yemeje ko dosiye ya Eric Semuhungu yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Yago Pon Dat yarokotse impanuka ikomeye

Yago Pon Dat yarokotse impanuka ikomeye

April 18, 2026
Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli

Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli

April 17, 2026
Chris Brown na Usher bagiye guhurira mu bitaramo 33 bikomeye bya “The R&B Tour”

Chris Brown na Usher bagiye guhurira mu bitaramo 33 bikomeye bya “The R&B Tour”

April 17, 2026
Lionel Messi yaguze ikipe yo mu cyiciro cya gatatu

Lionel Messi yaguze ikipe yo mu cyiciro cya gatatu

April 17, 2026

Recent News

Yago Pon Dat yarokotse impanuka ikomeye

Yago Pon Dat yarokotse impanuka ikomeye

April 18, 2026
Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli

Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli

April 17, 2026
Chris Brown na Usher bagiye guhurira mu bitaramo 33 bikomeye bya “The R&B Tour”

Chris Brown na Usher bagiye guhurira mu bitaramo 33 bikomeye bya “The R&B Tour”

April 17, 2026
Lionel Messi yaguze ikipe yo mu cyiciro cya gatatu

Lionel Messi yaguze ikipe yo mu cyiciro cya gatatu

April 17, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Yago Pon Dat yarokotse impanuka ikomeye

Yago Pon Dat yarokotse impanuka ikomeye

April 18, 2026
Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli

Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli

April 17, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com