• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Polisi y’u Rwanda yanyomoje amakuru yiby’itabwa muri yombi rya Miss Muheto Divine

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
November 19, 2024
in Imyidagaduro
0
Polisi y’u Rwanda yanyomoje amakuru yiby’itabwa muri yombi rya Miss Muheto Divine
0
SHARES
17
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga yabwiye yavuze ko amakuru yakomeje gusakazwa ari ibihuha.

Ni nyuma yuko Miss Muheto na we abinyujije ku majwi yashyize ku mbuga nkoranyambaga, anyomoza ibyo gutabwa muri yombi.

Ati “Ndi amahoro, ndaho ndakomeye, ndashima Imana ni kuri rwose”. Ntago mfuze ibyo bindi byose sinzi aho biri kuva, sinzi n’aho biri guturuka, sinzi n’uwabizanye ariko byose ni ibihuha by’izi mmbuga nkoranyambaga. Ni ibihuha by’abantu bamwe na bamwe bataba bifuriza ibyiza cyangwa iterambere ry’umuntu muri rusange ariko ndi amahoro.”

Miss Muheto aherutse gutabwa muri yombi kubera gutwara yanyweye ibisindisha nta n’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga afite.

Ku wa 6 Ugushyingo 2024 Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko arekurwa ariko agahabwa igihano cy’igifungo cy’amezi atatu gisubitse mu gihe cy’umwaka umwe ndetse n’ihazabu y’ibihumbi 190 Frw.

Miss Muheto Divine wegukanye ikamba rya Miss mu 2022.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Papa Francisco yasabye kugenzura ko Israel iri gukora Jenoside muri Gaza

Next Post

Umukinnyi w’amavubi BIZIMANA DJIHAD agiye kuri FACEBOOK arinigura koko.

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Umukinnyi w’amavubi BIZIMANA DJIHAD agiye kuri FACEBOOK arinigura koko.

Umukinnyi w'amavubi BIZIMANA DJIHAD agiye kuri FACEBOOK arinigura koko.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

July 10, 2025
Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

July 10, 2025
Abahawe Green Card bahindutse Abanyamerika bashobora gukurwaho ubwenegihugu bwa Amerika

Abahawe Green Card bahindutse Abanyamerika bashobora gukurwaho ubwenegihugu bwa Amerika

July 10, 2025
Jude Bellingham agiye kubagwa urutugu rw’ibumoso

Jude Bellingham agiye kubagwa urutugu rw’ibumoso

July 10, 2025

Recent News

Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

July 10, 2025
Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

July 10, 2025
Abahawe Green Card bahindutse Abanyamerika bashobora gukurwaho ubwenegihugu bwa Amerika

Abahawe Green Card bahindutse Abanyamerika bashobora gukurwaho ubwenegihugu bwa Amerika

July 10, 2025
Jude Bellingham agiye kubagwa urutugu rw’ibumoso

Jude Bellingham agiye kubagwa urutugu rw’ibumoso

July 10, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

July 10, 2025
Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

July 10, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com