• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
ADVERTISEMENT
Home Amakuru

Abaturage ibihumbi icumi(10,000) bimuwe mu gihe urugomo rwiyongeraga muri Leta ya Sudani ya Al-Jazirah

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
November 24, 2024
in Amakuru
0
Abaturage ibihumbi icumi(10,000)  bimuwe mu gihe urugomo rwiyongeraga muri Leta ya Sudani ya Al-Jazirah
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Hadeel Abdelnasir w’imyaka 30, nyina w’abana batatu, yahunze urugo rwe mu burasirazuba bwa Al-Jazirah mu byumweru bibiri bishize ubwo habaga urugomo aho yaratuye.

Ihohoterwa ryabereye muri Al-Jazirah niryo ryiyongera cyane mu ntambara yo muri Sudani hagati y’ingabo za Sudani na RSF.

Rashida Yousif, undi mubyeyi uri muri Port Sudani, yasobanuye amahano itsinda rye ryakoze ubwo bahungaga. Ati: “Turi imiryango itanu yahungiy hamwe. Umuryango umwe wakorewe iyicarubozo n’umugore wafashwe ku ngufu imbere y’umugabo we.

Umwe mu bagabo wakubiswe na RSF( Rapid Support Forces). Bamwe mu nshuti zanjye muri Al-Hilaliya bararozwe nabo. Twabuze abacu benshi cyane”. Itsinda ry’inama ryari ririkubera Al-Jazirah rivuga ko imidugudu irenga 500 yimuye abantu ibihumbi icumi kubera intambara yarimo iraba.

Umusesenguzi wigenga Abdulmoniem Abu-Idrees yagize ati: “Kuva komanda yatandukana na RSF, RSF yahitanye abantu babarirwa mu magana kandi igota imidugudu myinshi itandukanye”.

Ati: “Hatabayeho ubutabera ku bahohotewe, naho ibintu bishobora guteza amacakubiri ashingiye ku moko ibyo bikaba byateza ibyitwa ‘JENOSIDE’.

Imbaraga zo guhuza amahoro zarananiranye kugeza ubu. Kuri iki cyumweru, icyemezo cy’akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano agamije kurengera abasivili no guhagarika imirwano, kahagaritswe n’Uburusiya, bituma nta cyizere gihari cyo gutabara.

Amakimbirane akomeje kugaragariza abaturage ko iri hohoterwa ko riteye ubwoba, harimo ubwicanyi, iyicarubozo, n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Umunyamakuru Naba Mohideen watangarije Port Sudani yagize ati: “Ibitero biherutse kubera muri Al-Jazirah byatumye abantu ibihumbi icumi bahunga”. Ati: “Imiryango irihebye, bigaragara ko iri hohoterwa ridafite iherezo.”

ADVERTISEMENT
Previous Post

Nicki Minaj yavuze impamvu yasabye Davido ko bakorana indirimbo yitwa ‘If it’s Okay’

Next Post

Amwe mu mazina 10 afite ubusobanuro bwihariye

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Amwe mu mazina 10 afite ubusobanuro bwihariye

Amwe mu mazina 10 afite ubusobanuro bwihariye

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

May 21, 2025
Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

May 21, 2025
Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

May 21, 2025
CNDD-FDD rimwe mu mashyaka agize ubutegetsi bw’Uburundi rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji

CNDD-FDD rimwe mu mashyaka agize ubutegetsi bw’Uburundi rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji

May 21, 2025

Recent News

Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

May 21, 2025
Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

May 21, 2025
Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

May 21, 2025
CNDD-FDD rimwe mu mashyaka agize ubutegetsi bw’Uburundi rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji

CNDD-FDD rimwe mu mashyaka agize ubutegetsi bw’Uburundi rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji

May 21, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

May 21, 2025
Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

May 21, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com