• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Abatuye i Gitwa barataka kubuzwa kubaka no gusana inzu zabo

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 3, 2026
in Amakuru
0
Abatuye i Gitwa barataka kubuzwa kubaka no gusana inzu zabo
0
SHARES
10
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Abaturage batuye mu Mudugudu wa Gitwa, mu Kagari ka Kamunyana, Umurenge wa Minazi, mu Karere ka Gakenke, baravuga ko babangamiwe bikomeye n’icyemezo kibabuza kubaka aho bari basanzwe batuye, bagasabwa kwimurwa bakajyanwa gutura ahandi bavuga ko badafitiye ubushobozi.

Bamwe muri bo bavuga ko bamaze imyaka myinshi batuye muri uwo Mudugudu, bagaharanira kwiteza imbere, ariko bakaza gutungurwa n’itangazo ribabuza kongera kubaka cyangwa kuvugurura inzu zabo. Ibi byatumye bamwe mu nzu zabo zisaza zirangirika, mu gihe abandi babuze aho bubakira abana babo bageze igihe cyo kwiyubakira.

Umwe mu baturage yagize ati: “Inzu yanjye yarasenyutse kubera ko nabujijwe kuyisana. Nta bushobozi mfite bwo kujya gutura aho batwerekeza, none turi mu bibazo bikomeye.” Undi na we yagaragaje ko abana be bakuze badafite aho bubakira, nyamara ubutaka bafite ari ho batuye ubu.

Abaturage bavuga ko aho basabwa kwimurirwa hadahwanye n’ubushobozi bwabo, haba ku bijyanye n’amafaranga yo kubaka, imirima yo guhingamo n’ibikorwaremezo by’ibanze. Basaba ubuyobozi kubumva, bukabaha ibisobanuro bisobanutse, ndetse bukabashakira igisubizo kirambye cyabafasha kubaho neza batavutswa uburenganzira bwabo bwo gutura no kwiyubakira.

Ku ruhande rw’abaturage, icyifuzo ni uko habaho ibiganiro n’ubuyobozi kugira ngo harebwe uko babonera ibisubizo biboneye, birinda ko bakomeza kubaho mu bwigunge no mu bibazo by’imibereho mibi.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Tiamo Lounge i Remera hateguwe igitaramo cyiswe First Class Friday

Next Post

Umunyamakuru Emmanuel Ndahiro “Taikun” yarekuwe nyuma y’ubuhuza bwakozwe na RIB

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Umunyamakuru Emmanuel Ndahiro “Taikun” yarekuwe nyuma y’ubuhuza bwakozwe na RIB

Umunyamakuru Emmanuel Ndahiro “Taikun” yarekuwe nyuma y’ubuhuza bwakozwe na RIB

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

July 31, 2026
Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

July 31, 2026

Recent News

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

July 31, 2026
Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

July 31, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com