• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

FIFA yavuze ku bibazo bya Visa byugarije abazitabira Igikombe cy’Isi cya 2026

FIFA yavuze ko idafite ububasha bwo gukemura ibibazo bya visa muri Mundial 2026.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
June 11, 2026
in Imikino
0
FIFA yavuze ku bibazo bya Visa byugarije abazitabira Igikombe cy’Isi cya 2026
0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yavuze ko nubwo FIFA yakoze ibishoboka byose ngo ifashe abantu bahuye n’ibibazo byo kubona visa zibemerera kwinjira mu bihugu bizakira Igikombe cy’Isi cya 2026, hari aho ubushobozi bwayo bugarukira kubera amategeko n’imyanzuro y’ibihugu birebwa n’izo visa.

Ibi Infantino yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ku wa 10 Kamena 2026, mbere y’itangira ry’iri rushanwa rizabera muri United States, Canada na Mexico kuva ku wa 11 Kamena kugeza ku wa 19 Nyakanga 2026.

Mu ngingo zaganiriweho harimo ikibazo cy’amatike, visa z’abakunzi b’umupira, abasifuzi ndetse n’abakozi batandukanye bagomba kwitabira iri rushanwa. Infantino yavuze ko FIFA itabasha gutegeka za guverinoma cyangwa inzego zishinzwe umutekano kugira ngo zihindure imyanzuro yafashwe ku birebana no kwinjiza abantu mu bihugu byazo.

Yatanze urugero ku musifuzi w’Umunya-Somalia, Omar Abdulkadir Artan, wangiwe kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Yavuze ko nubwo FIFA yababajwe n’icyo cyemezo, nta bubasha ifite bwo kugihindura kuko cyafashwe n’inzego zibifitiye uburenganzira.

Infantino yasobanuye ko muri iri rushanwa hadashobora kubura ibibazo bitandukanye, ariko FIFA ikomeza gushaka uburyo bwo kubikemura binyuze mu biganiro n’inzego zibishinzwe.

Ku ruhande rw’amatike, yavuze ko ibiciro byayo bikiri ku rwego rwiza ugereranyije n’ubunini bw’irushanwa, ashimangira ko amafaranga yinjizwa n’Igikombe cy’Isi akoreshwa mu guteza imbere umupira w’amaguru ku Isi hose, harimo n’ibihugu bititabiriye iri rushanwa.

Mu minsi ishize, ikibazo cya visa cyakomeje kuvugisha benshi nyuma y’uko bamwe mu bafana ba Maroc bari baraguze amatike batabashije kubona ibyangombwa byo kwinjira muri Amerika. Hari kandi umufata mashusho w’Ikipe y’Igihugu ya Iraq, Talal Salah, wasubijwe iwabo mbere yo kongera gusaba ibyangombwa, mu gihe rutahizamu wayo, Aymen Hussein, yahuye n’ibibazo byinshi mbere yo kwemererwa kwinjira muri icyo gihugu.

Ikipe y’Igihugu ya Iran na yo yahisemo gukorera imyiteguro yayo muri Mexique aho kuba muri Amerika, bitewe n’ibibazo bamwe mu bayobozi bayo bahuye na byo mu gushaka ibyangombwa byo kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

FIFA yavuze ku bibazo bya Visa byugarije abazitabira Igikombe cy’Isi cya 2026
ADVERTISEMENT
Previous Post

Abatujwe mu Mudugudu wa Mamba basaba gusanirwa inzu zatangiye gusenyuka imburagihe

Next Post

Urukiko rwanzuye ko kwita Ingabire Nelly ‘igikuri’ bishobora kuba ivangura

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Urukiko rwanzuye ko kwita Ingabire Nelly ‘igikuri’ bishobora kuba ivangura

Urukiko rwanzuye ko kwita Ingabire Nelly ‘igikuri’ bishobora kuba ivangura

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Amerika iteganya kohereza abimukira ba Iran muri Centrafrique

Amerika iteganya kohereza abimukira ba Iran muri Centrafrique

June 12, 2026
Uwahoze akina Filime yashinje Diddy kumusambanya amwizeza akazi muri Hollywood

Uwahoze akina Filime yashinje Diddy kumusambanya amwizeza akazi muri Hollywood

June 12, 2026
Raúl Jiménez yaturitse ararira, nyuma yo gutsinda igitego cye cya mbere mu gikombe cy’Isi, acyegurira Se witabye Imana

Raúl Jiménez yaturitse ararira, nyuma yo gutsinda igitego cye cya mbere mu gikombe cy’Isi, acyegurira Se witabye Imana

June 12, 2026
Urukiko rwanzuye ko kwita Ingabire Nelly ‘igikuri’ bishobora kuba ivangura

Urukiko rwanzuye ko kwita Ingabire Nelly ‘igikuri’ bishobora kuba ivangura

June 12, 2026

Recent News

Amerika iteganya kohereza abimukira ba Iran muri Centrafrique

Amerika iteganya kohereza abimukira ba Iran muri Centrafrique

June 12, 2026
Uwahoze akina Filime yashinje Diddy kumusambanya amwizeza akazi muri Hollywood

Uwahoze akina Filime yashinje Diddy kumusambanya amwizeza akazi muri Hollywood

June 12, 2026
Raúl Jiménez yaturitse ararira, nyuma yo gutsinda igitego cye cya mbere mu gikombe cy’Isi, acyegurira Se witabye Imana

Raúl Jiménez yaturitse ararira, nyuma yo gutsinda igitego cye cya mbere mu gikombe cy’Isi, acyegurira Se witabye Imana

June 12, 2026
Urukiko rwanzuye ko kwita Ingabire Nelly ‘igikuri’ bishobora kuba ivangura

Urukiko rwanzuye ko kwita Ingabire Nelly ‘igikuri’ bishobora kuba ivangura

June 12, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Amerika iteganya kohereza abimukira ba Iran muri Centrafrique

Amerika iteganya kohereza abimukira ba Iran muri Centrafrique

June 12, 2026
Uwahoze akina Filime yashinje Diddy kumusambanya amwizeza akazi muri Hollywood

Uwahoze akina Filime yashinje Diddy kumusambanya amwizeza akazi muri Hollywood

June 12, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com