• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Inkuru y’incamugonngo: Alain Mukuralinda, Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda yitabye Imana

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 4 Mata 2025, inkuru y'incamugongo yamenyekanye saa mbili, ivuga ko Alain Mukuralinda uzwi cyane nka Alain Muku, wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, yitabye Imana.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 4, 2025
in Amakuru
0
Inkuru y’incamugonngo: Alain Mukuralinda, Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda yitabye Imana
0
SHARES
11
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Hari benshi mu bahanzi bagiye baririmba ku rupfu, bakabigaragaza nk’ikintu gikomeye ubwonko bw’umuntu butabasha gusobanukirwa. Bagaragaza ko ari cyo kibi kiruta ibindi byose umuntu ashobora guhura na cyo muri ubu buzima.

Urupfu ntirurobanura ku nshuti cyangwa abanzi, ntirugira imbabazi, rutwara uwo ukunda n’uwo udakunda. Ni ikibazo cy’igihe gusa!

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 4 Mata 2025, inkuru y’incamugongo yamenyekanye saa mbili, ivuga ko Alain Mukuralinda uzwi cyane nka Alain Muku, wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, yitabye Imana. Yapfiriye mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal, azize indwara y’umutima yari amaranye iminsi.

Yari umugabo wiyeguriye no guteza imbere impano z’abakiri bato, cyane cyane mu mikino. Yashinze ikipe y’abana bakinaga umupira w’amaguru, abatoza indangagaciro, ubumwe n’ubushobozi bwo guhatana.

Uretse kuba yari umuyobozi ukomeye mu nzego za Leta, Alain Muku yari n’umunyamuziki w’inararibonye, wakunzwe cyane kubera indirimbo ze zifite ubutumwa bwubaka.

Yari umugabo wiyeguriye no guteza imbere impano z’abakiri bato, cyane cyane mu mikino. Yashinze ikipe y’abana bakinaga umupira w’amaguru, abatoza indangagaciro, ubumwe n’ubushobozi bwo guhatana.

Mu buhanzi, Alain Muku yakoze indirimbo zinyuranye zifasha abantu kwizihiza ibirori n’iminsi mikuru, ndetse anakorera ibihangano amakipe y’umupira. Yamamaye mu ndirimbo nka Tsinda Batsinde, Gloria, Musekeweya n’izindi zafashije abantu benshi mu bihe by’ibyishimo .

Yagize uruhare rukomeye mu guteza imbere abandi bahanzi Nyarwanda. Yashinze Label yise The Boss Papa, imwe mu zamenyekanye mu guteza imbere impano z’abahanzi.

Binyuze muri iyi Label, Alain Muku ni we wagaragaje impano y’umuhanzi Nsengiyumva François wamamaye nka Igisupusupu, ndetse ni nawe watumye Clarisse Karasira amenyekana ku rwego mpuzamahanga.

Alain Muku yakoze indirimbo zinyuranye zifasha abantu kwizihiza ibirori n’iminsi mikuru, ndetse anakorera ibihangano amakipe y’umupira. Yamamaye mu ndirimbo nka Tsinda Batsinde, Gloria, Musekeweya n’izindi zafashije abantu benshi mu bihe by’ibyishimo .

Urupfu rwe rusize icyuho gikomeye mu ruganda rw’imyidagaduro, muri Leta y’u Rwanda ndetse no mu mitima ya benshi bamukundaga, bamwubahaga kandi bamufataga nk’umuntu w’inyangamugayo.

Nubwo yitabye Imana, ibikorwa bye bizakomeza kumuhesha icyubahiro mu mateka y’u Rwanda. Alain Muku yari icyitegererezo ku rubyiruko, umurinzi w’umuco n’uwaharaniraga iterambere rirambye ry’igihugu binyuze mu buhanzi, ubuyobozi n’uruhare rwe mu mikino. Amahoro asesuye amubeho aho aruhukiye. Twihanganishije umuryango we, inshuti, n’abakunzi b’ibihangano bye.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Perezida Museveni yagiriye uruzinduko i Juba mu gihe amakimbirane akomeje kwiyongera muri Sudani y’Epfo

Next Post

Fille Mutoni mugahinda gakomeye kubera gusenyuka mu muziki bitewe n’ibiyobyabwenge n’ibibazo by’ubuzima bwite

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Fille Mutoni mugahinda gakomeye kubera gusenyuka mu muziki bitewe n’ibiyobyabwenge n’ibibazo by’ubuzima bwite

Fille Mutoni mugahinda gakomeye kubera gusenyuka mu muziki bitewe n’ibiyobyabwenge n’ibibazo by’ubuzima bwite

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

July 11, 2025

Recent News

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

July 11, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

Umwe mubatasi ba Ukraine yishwe ku manywa y’ihangu

July 11, 2025
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com