• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Kagarara yatsinze Ashton Hall muri Push-ups i Ghana

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
June 29, 2026
in Imyidagaduro
0
Kagarara yatsinze Ashton Hall muri Push-ups i Ghana
0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Enock Uwizeye, uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Kagarara, yahuriye muri Ghana n’umunyamerika Ashton Hall, umwe mu bafite izina rikomeye mu gukora no kwamamaza imyitozo ngororamubiri.

Iyi gahunda yabaye ku wa 28 Kamena 2026, ubwo Kagarara yahagurukaga mu Rwanda ari kumwe na Assouman, ushinzwe kumucungira ibikorwa (Manager), berekeza muri Ghana aho Ashton Hall yatangiriye urugendo rwo gusura ibihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Afurika.

Bakigera ku kibuga cy’indege, Kagarara yakiriwe n’itsinda riherekeje Ashton Hall, maze bombi bahita bakora irushanwa rito ryo gukora Pompage (Push-ups) kugira ngo bapime imbaraga zabo.

Mu iryo rushanwa, bageze kuri Pompage 70, Ashton Hall aza kunanirwa ahagarika, mu gihe Kagarara yakomeje agaragaza ko yari agifite imbaraga zo gukomeza.

Nyuma yo kuva ku kibuga cy’indege, bombi bakomeje gahunda yabo berekeza aho bahuriye n’abandi bakunda imyitozo ngororamubiri, bagirana ibikorwa bitandukanye byo gushishikariza urubyiruko kwita ku buzima binyuze mu siporo.

Amakuru avuga ko Ashton Hall ateganya no gusura u Rwanda mu minsi iri imbere, nyuma y’ubutumire yahawe na Kagarara binyuze ku mbuga nkoranyambaga. Biteganyijwe ko azasura ahantu hatandukanye ndetse akanahura n’abakunzi b’imyitozo ngororamubiri.

Ashton Hall amaze kwamamara ku rwego mpuzamahanga kubera amashusho ashyira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza imyitozo akora n’uburyo abaho ubuzima bushingiye ku kwita ku mubiri, ibintu byatumye agira abakurikira babarirwa muri za miliyoni.

Kagarara yatsinze Ashton Hall muri Push-ups i Ghana
ADVERTISEMENT
Previous Post

Micky yavuze uko AG Promoter yaciwe muri ADEPR kubera urukundo rwabo

Next Post

Gakpo agahinda ntikamubujije gukinira igihugu cye, nyuma yo kubura umwana

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Gakpo agahinda ntikamubujije gukinira igihugu cye, nyuma yo kubura umwana

Gakpo agahinda ntikamubujije gukinira igihugu cye, nyuma yo kubura umwana

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

July 31, 2026
Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

July 31, 2026

Recent News

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

July 31, 2026
Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

July 31, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com