• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Kwizera Olivier yahize bagenzi be yegukana igihembo cy’ukwezi muri Rayon Sports

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 25, 2026
in Imikino
0
Kwizera Olivier yahize bagenzi be yegukana igihembo cy’ukwezi muri Rayon Sports
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umunyezamu wa Rayon Sports, Kwizera Olivier, yongeye kugaragaza ubuhanga n’umusaruro mu kibuga nyuma yo kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza w’ukwezi kwa Werurwe 2026 muri iyi kipe ikunzwe na benshi mu Rwanda.

Iki gihembo gitangwa ku bufatanye n’uruganda rwa SKOL rusanzwe rufasha Rayon Sports mu bikorwa bitandukanye, harimo no gushimira abakinnyi bitwaye neza buri kwezi. Ni uburyo bwo kongera imbaraga no gushishikariza abakinnyi gukora cyane no guharanira gutsinda.

Kwizera Olivier yahawe iki gihembo nyuma yo kwitwara neza mu mikino yabaye muri Werurwe, aho yafashije ikipe ye kubona amanota y’ingenzi binyuze mu mikinire ye myiza ndetse no gukuramo imipira ikomeye yagaragaraga nk’iyinjiye mu izamu.

Mu guhatanira iki gihembo, Olivier yari ahanganye na Likau Faustin Kitoko ndetse na Fall Ngagne, ariko amajwi n’isuzuma ryakozwe ryamuhesheje intsinzi.

Mu ikipe y’abagore ya Rayon Sports na ho, Uwase Andersene ni we wegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza w’ukwezi kwa Werurwe, ashyira inyuma Ukwikunda Jeanette na Nyiramwiza Marthe bari bahatanye.

Iki gihembo gikomeje kuba ishimwe rikomeye ku bakinnyi ba Rayon Sports, kuko kibereka ko ibikorwa byabo bibonwa kandi bigahabwa agaciro, bikabatera umuhate wo gukomeza guhesha ishema.

Kwizera Olivier yahize bagenzi be yegukana igihembo cy’ukwezi muri Rayon Sports
ADVERTISEMENT
Previous Post

Drake ategerejwe i Kigali mu gitaramo gikomeye cya 2027

Next Post

Niyitanga Olivier yashyize hanze inkweto nshya za ‘haut talon’

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Niyitanga Olivier yashyize hanze inkweto nshya za ‘haut talon’

Niyitanga Olivier yashyize hanze inkweto nshya za ‘haut talon’

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umujyi w’Ubufaransa i Paris bwashyizeho amabwiriza agabanya kunywa no kugurisha ibisindisha mu gihe cy’ubushyuhe bukabije i Burayi

Umujyi w’Ubufaransa i Paris bwashyizeho amabwiriza agabanya kunywa no kugurisha ibisindisha mu gihe cy’ubushyuhe bukabije i Burayi

June 26, 2026
Abanyeshuri barindwi(7) baraye mu maboko atari ayabo, nyuma yo gukubita abarimu batatu(3) babigisha

Abanyeshuri barindwi(7) baraye mu maboko atari ayabo, nyuma yo gukubita abarimu batatu(3) babigisha

June 26, 2026
Mu Burayi ubushyuhe bukabije bukomeje gutuma abantu bigaragaza uko batari

Mu Burayi ubushyuhe bukabije bukomeje gutuma abantu bigaragaza uko batari

June 26, 2026
DRC yashyizeho akato k’iminsi 21 ku bavuye ahari Ebola, nyuma y’uwanduye wageze mu Bufaransa

DRC yashyizeho akato k’iminsi 21 ku bavuye ahari Ebola, nyuma y’uwanduye wageze mu Bufaransa

June 25, 2026

Recent News

Umujyi w’Ubufaransa i Paris bwashyizeho amabwiriza agabanya kunywa no kugurisha ibisindisha mu gihe cy’ubushyuhe bukabije i Burayi

Umujyi w’Ubufaransa i Paris bwashyizeho amabwiriza agabanya kunywa no kugurisha ibisindisha mu gihe cy’ubushyuhe bukabije i Burayi

June 26, 2026
Abanyeshuri barindwi(7) baraye mu maboko atari ayabo, nyuma yo gukubita abarimu batatu(3) babigisha

Abanyeshuri barindwi(7) baraye mu maboko atari ayabo, nyuma yo gukubita abarimu batatu(3) babigisha

June 26, 2026
Mu Burayi ubushyuhe bukabije bukomeje gutuma abantu bigaragaza uko batari

Mu Burayi ubushyuhe bukabije bukomeje gutuma abantu bigaragaza uko batari

June 26, 2026
DRC yashyizeho akato k’iminsi 21 ku bavuye ahari Ebola, nyuma y’uwanduye wageze mu Bufaransa

DRC yashyizeho akato k’iminsi 21 ku bavuye ahari Ebola, nyuma y’uwanduye wageze mu Bufaransa

June 25, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umujyi w’Ubufaransa i Paris bwashyizeho amabwiriza agabanya kunywa no kugurisha ibisindisha mu gihe cy’ubushyuhe bukabije i Burayi

Umujyi w’Ubufaransa i Paris bwashyizeho amabwiriza agabanya kunywa no kugurisha ibisindisha mu gihe cy’ubushyuhe bukabije i Burayi

June 26, 2026
Abanyeshuri barindwi(7) baraye mu maboko atari ayabo, nyuma yo gukubita abarimu batatu(3) babigisha

Abanyeshuri barindwi(7) baraye mu maboko atari ayabo, nyuma yo gukubita abarimu batatu(3) babigisha

June 26, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com