• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Mukansanga Salima yongeye kugirirwa icyizere n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA)

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
June 25, 2026
in Imikino
0
Mukansanga Salima yongeye kugirirwa icyizere n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA)
0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umunyarwandakazi Mukansanga Salima yatoranyijwe mu basifuzi 68 bazasifura Igikombe cy’Isi cy’Abakobwa batarengeje imyaka 20, kizabera muri Pologne tariki 5-27 Nzeri 2026, aho azaba ari mu basifuzi bakoresha amashusho [VAR].

Mukansanga amaze igihe atagaruka cyane mu itangazamakuru kubera ko nta marushanwa menshi akitabira nk’umusifuzi.

Ni nyuma y’uko kuva mu 2025, uyu musifuzi atagisifura mu kibuga hagati, ahubwo yabaye umusifuzi ukoresha ikoranabuhanga ry’amashusho rya “Video Assistant Referee”.

Kuri iyi nshuro, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryamutoranyije mu basifuzi 68 bazasifura Igikombe cy’Isi cy’Abakobwa batarengeje imyaka 20, kizabera muri Pologne tariki 5-27 Nzeri 2026.

Mukansanga ni umwe mu basifuzi 14 barimo abagore 10 bazakoresha VAR mu mikino 52 y’iri rushanwa rizitabirwa n’ibihugu 24. Ni mu gihe abasifuzi bo hagati mu kibuga ari 18 naho abo ku ruhande bakaba 36 (bose ni abagore).

Rimwe mu marushanwa akomeye Mukansanga Salima yasifuye nyuma yo kuba umusifuzi wa VAR gusa ni Igikombe cya Afurika cy’Abagore cyabaye mu 2025.

Mu 2012 ni bwo yabaye umusifuzi mpuzamahanga wemewe na FIFA, ndetse nyuma y’imyaka 10 ahita aba umugore wa mbere wasifuye Igikombe cya Afurika.

Si ayo mateka afite gusa kuko yanasifuye mu Mikino Olempike, Igikombe cy’Isi cy’Abagore, Igikombe cya Afurika cy’Abagore, CAF Women’s Champions League.

Ari mu bagore batatu bahawe gusifura mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2022 cyabereye muri Qatar, aba umugore wa mbere ubikoze aturuka muri Afurika.

Mukansanga Salima yongeye kugirirwa icyizere n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA)

Ibihembo yegukanye bikomeye birimo BBC 100 Women [urutonde rw’Abagore 100 bakomeye muri Afurika], Forbes Woman Africa, Forty under 40 Africa Award, East Africa Youth Award n’ibindi.

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Polisi ya Kenya yakajije umutekano mu rwibutso rw’imyigaragambyo ya Gen Z

Next Post

Khaby Lame yongeye kwigaragaza kuri Forbes nk’Umunyafurika ukomeye ku mbuga nkoranyambaga

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Khaby Lame yongeye kwigaragaza kuri Forbes nk’Umunyafurika ukomeye ku mbuga nkoranyambaga

Khaby Lame yongeye kwigaragaza kuri Forbes nk’Umunyafurika ukomeye ku mbuga nkoranyambaga

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umujyi w’Ubufaransa i Paris bwashyizeho amabwiriza agabanya kunywa no kugurisha ibisindisha mu gihe cy’ubushyuhe bukabije i Burayi

Umujyi w’Ubufaransa i Paris bwashyizeho amabwiriza agabanya kunywa no kugurisha ibisindisha mu gihe cy’ubushyuhe bukabije i Burayi

June 26, 2026
Abanyeshuri barindwi(7) baraye mu maboko atari ayabo, nyuma yo gukubita abarimu batatu(3) babigisha

Abanyeshuri barindwi(7) baraye mu maboko atari ayabo, nyuma yo gukubita abarimu batatu(3) babigisha

June 26, 2026
Mu Burayi ubushyuhe bukabije bukomeje gutuma abantu bigaragaza uko batari

Mu Burayi ubushyuhe bukabije bukomeje gutuma abantu bigaragaza uko batari

June 26, 2026
DRC yashyizeho akato k’iminsi 21 ku bavuye ahari Ebola, nyuma y’uwanduye wageze mu Bufaransa

DRC yashyizeho akato k’iminsi 21 ku bavuye ahari Ebola, nyuma y’uwanduye wageze mu Bufaransa

June 25, 2026

Recent News

Umujyi w’Ubufaransa i Paris bwashyizeho amabwiriza agabanya kunywa no kugurisha ibisindisha mu gihe cy’ubushyuhe bukabije i Burayi

Umujyi w’Ubufaransa i Paris bwashyizeho amabwiriza agabanya kunywa no kugurisha ibisindisha mu gihe cy’ubushyuhe bukabije i Burayi

June 26, 2026
Abanyeshuri barindwi(7) baraye mu maboko atari ayabo, nyuma yo gukubita abarimu batatu(3) babigisha

Abanyeshuri barindwi(7) baraye mu maboko atari ayabo, nyuma yo gukubita abarimu batatu(3) babigisha

June 26, 2026
Mu Burayi ubushyuhe bukabije bukomeje gutuma abantu bigaragaza uko batari

Mu Burayi ubushyuhe bukabije bukomeje gutuma abantu bigaragaza uko batari

June 26, 2026
DRC yashyizeho akato k’iminsi 21 ku bavuye ahari Ebola, nyuma y’uwanduye wageze mu Bufaransa

DRC yashyizeho akato k’iminsi 21 ku bavuye ahari Ebola, nyuma y’uwanduye wageze mu Bufaransa

June 25, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umujyi w’Ubufaransa i Paris bwashyizeho amabwiriza agabanya kunywa no kugurisha ibisindisha mu gihe cy’ubushyuhe bukabije i Burayi

Umujyi w’Ubufaransa i Paris bwashyizeho amabwiriza agabanya kunywa no kugurisha ibisindisha mu gihe cy’ubushyuhe bukabije i Burayi

June 26, 2026
Abanyeshuri barindwi(7) baraye mu maboko atari ayabo, nyuma yo gukubita abarimu batatu(3) babigisha

Abanyeshuri barindwi(7) baraye mu maboko atari ayabo, nyuma yo gukubita abarimu batatu(3) babigisha

June 26, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com