• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Swizz Beatz yahishuye ibanga ry’urugo rwe n’umugore we Alicia Keys, mu myaka 15 bamaranye

Umuraperi akaba n’umuhanga mu gutunganya umuziki, Swizz Beatz, yatangaje ko amaze imyaka 15 abana n’umuhanzikazi Alicia Keys ariko nta na rimwe baratongana, ibintu avuga ko ari ryo banga ryatumye urugo rwabo ruhoramo ituze n’urukundo.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 6, 2025
in Imyidagaduro
0
Swizz Beatz yahishuye ibanga ry’urugo rwe n’umugore we Alicia Keys, mu myaka 15 bamaranye
0
SHARES
3
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuraperi akaba n’umuhanga mu gutunganya umuziki, Swizz Beatz, yatangaje ko amaze imyaka 15 abana n’umuhanzikazi Alicia Keys ariko nta na rimwe baratongana, ibintu avuga ko ari ryo banga ryatumye urugo rwabo ruhoramo ituze n’urukundo.

Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, Swizz Beatz yavuze ko gukomera k’urugo rwabo bishingiye cyane ku kumvikana hagati yabo, aho bavuga ko ari inshuti magara kandi bahora baganira ku byo batumvikanaho aho gutongana.

Yagize ati: “Iyo dutandukanye ku bitekerezo, turicara tukabiganiraho, buri wese akavuga uko abibona mu bwubahane. Ntihagomba kubamo guhangana cyangwa gutongana, kuko ibyo ntacyo byubaka.”

Yongeyeho ko iyo abantu batongana baba barimo gusakuza gusa, ntawe wumva undi, bikaba bigoye gukemura ikibazo mu gihe buri wese ashaka gutsinda mugenzi we aho gukemura ikibazo cyabaye.

Umuraperi akaba n’umuhanga mu gutunganya umuziki, Swizz Beatz, yatangaje ko amaze imyaka 15 abana n’umuhanzikazi Alicia Keys ariko nta na rimwe baratongana.

Swizz Beatz yavuze ko kuba we na Alicia Keys barabashije kuramba muri urwo rugo imyaka isaga 15 nta ntonganya, bishingiye ku gushaka gukomeza kuba inshuti mbere yo kuba abagabo n’abagore. Ati: “Iyo dufite icyo tutumvikanaho, dufata umwanya tukaganira, tugashyira imbere urukundo n’ubwubahane. Iyo inshuti magara itumvikanye n’indi, ntiba ihita iyisezerera, ahubwo iraganira kugeza bumvikanye.”

Swizz Beatz na Alicia Keys bashakanye mu mwaka wa 2010, kuva ubwo bakaba barabaye icyitegererezo cy’urugo ruhamye muri showbiz mpuzamahanga.

Bagaragaza kenshi ko bakundana, babinyuza mu butumwa bwabo ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu bikorwa bitandukanye by’ubugiraneza.

Uretse kuba bombi ari abahanzi bakomeye ku rwego mpuzamahanga, banakora ibikorwa by’urukundo bifasha abatishoboye, ndetse barera abana babo mu rukundo n’indangagaciro zubaka umuryango.

Ubutumwa bwa Swizz Beatz ni isomo rikomeye ku bashakanye n’abateganya kurushinga, aho yerekana ko urugo ruhamye rushingira ku bucuti, kuganira no kubahana aho kwitana ba mwana cyangwa gutongana.

Swizz Beatz yavuze ko kuba we na Alicia Keys barabashije kuramba muri urwo rugo imyaka isaga 15 nta ntonganya, bishingiye ku gushaka gukomeza kuba inshuti mbere yo kuba abagabo n’abagore.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Candace Cameron Bure yatangaje impamvu arengera urugo rwe ashishikaye nyuma urugendo rw’Imyaka 30 mu Rukundo na Valeri Bure

Next Post

Hailey Bieber akomeje guhamya ubudacogora bwe mu rugo rwa Justin nubwo ibihuha bikomeje

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Hailey Bieber akomeje guhamya ubudacogora bwe mu rugo rwa Justin nubwo ibihuha bikomeje

Hailey Bieber akomeje guhamya ubudacogora bwe mu rugo rwa Justin nubwo ibihuha bikomeje

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Frank Gashumba atangaje ko Bobi Wine ari we munyagihugu rukumbi wo muri Uganda wamenyekanye ku rwego mpuzamahanga

Frank Gashumba atangaje ko Bobi Wine ari we munyagihugu rukumbi wo muri Uganda wamenyekanye ku rwego mpuzamahanga

July 5, 2025
Bad Black: Yatangaje ko we n’umwana we Jaasiel bavukiye ku munsi umwe, ibintu benshi bafashe nk’igitangaza.

Bad Black: Yatangaje ko we n’umwana we Jaasiel bavukiye ku munsi umwe, ibintu benshi bafashe nk’igitangaza.

July 5, 2025
Ingabo z’u Burundi zahunze mu mirwano zarwanyemo na Twirwaneho muri Mikenke

Ingabo z’u Burundi zahunze mu mirwano zarwanyemo na Twirwaneho muri Mikenke

July 4, 2025
“Amarozi na ruswa si wo muti wa siporo yacu” Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame

“Amarozi na ruswa si wo muti wa siporo yacu” Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame

July 4, 2025

Recent News

Frank Gashumba atangaje ko Bobi Wine ari we munyagihugu rukumbi wo muri Uganda wamenyekanye ku rwego mpuzamahanga

Frank Gashumba atangaje ko Bobi Wine ari we munyagihugu rukumbi wo muri Uganda wamenyekanye ku rwego mpuzamahanga

July 5, 2025
Bad Black: Yatangaje ko we n’umwana we Jaasiel bavukiye ku munsi umwe, ibintu benshi bafashe nk’igitangaza.

Bad Black: Yatangaje ko we n’umwana we Jaasiel bavukiye ku munsi umwe, ibintu benshi bafashe nk’igitangaza.

July 5, 2025
Ingabo z’u Burundi zahunze mu mirwano zarwanyemo na Twirwaneho muri Mikenke

Ingabo z’u Burundi zahunze mu mirwano zarwanyemo na Twirwaneho muri Mikenke

July 4, 2025
“Amarozi na ruswa si wo muti wa siporo yacu” Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame

“Amarozi na ruswa si wo muti wa siporo yacu” Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame

July 4, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Frank Gashumba atangaje ko Bobi Wine ari we munyagihugu rukumbi wo muri Uganda wamenyekanye ku rwego mpuzamahanga

Frank Gashumba atangaje ko Bobi Wine ari we munyagihugu rukumbi wo muri Uganda wamenyekanye ku rwego mpuzamahanga

July 5, 2025
Bad Black: Yatangaje ko we n’umwana we Jaasiel bavukiye ku munsi umwe, ibintu benshi bafashe nk’igitangaza.

Bad Black: Yatangaje ko we n’umwana we Jaasiel bavukiye ku munsi umwe, ibintu benshi bafashe nk’igitangaza.

July 5, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com