• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Politike

Tanzania: Tundu Lissu arashinjwa guhemukira igihugu

Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzaniya, Tundu Lissu, yashinjwe icyaha cyo guhemukira igihugu.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 11, 2025
in Politike
0
Tanzania: Tundu Lissu arashinjwa guhemukira igihugu
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzaniya, Tundu Lissu, yashinjwe icyaha cyo guhemukira igihugu ku wa Kane nyuma yo gutabwa muri yombi ubwo yari mu kiganiro rusange aho yasabaga ivugururwa ry’amategeko y’amatora mbere y’amatora rusange ateganyijwe mu kwezi kwa cumi.

Lissu, uyobora ishyaka nyamukuru ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya CHADEMA, yatawe muri yombi ku wa Gatatu nijoro n’inzego z’umutekano zaho zivuga ko yari akomeje gukangurira abaturage imyigaragambyo.

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania basaba ko hakorwa ivugururwa ry’amategeko y’amatora kugira ngo amatora ateganyijwe azabe mu mucyo no mu bwisanzure.

Ku wa Kane ku gicamunsi, Lissu yagejejwe imbere y’urukiko rwa Kisutu ruherereye i Dar es Salaam, umurwa mukuru w’ubucuruzi wa Tanzaniya, asa n’uwishimye, ari kumwe n’abanyamategeko be n’abandi banyapolitiki bo muri CHADEMA.

Uyu muyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi yashyizwe ku ngufu mu modoka ya polisi ku mugoroba wo ku wa Gatatu, nyuma y’uko arangije kuvugira mu ruhame mu gace ka Mbinga, mu majyepfo y’igihugu, ahari intera irenga ibirometero 1,000 uvuye i Dar es Salaam.

Abaharanira uburenganzira bwa muntu bashinja ubutegetsi bwa Perezida Samia Suluhu Hassan gukoresha imbaraga z’umurengera ku batavuga rumwe na bwo.

Leta yo ihakana ibyo birego. Mu mwaka wa 2017, imyaka itatu mbere y’amatora aheruka, Lissu yarokotse igitero cyo kumwica aho yarashwe inshuro 16. Tanzaniya iteganya gutora Perezida n’abagize inteko ishinga amategeko mu matora yo mu kwezi kwa cumi.

Ishyaka CHADEMA rimaze igihe rinenga uburyo habura komisiyo yigenga ishinzwe amatora ndetse n’amategeko abogamiye ku ishyaka riri ku butegetsi, CCM, rimaze ku butegetsi kuva Tanzania yabona ubwigenge mu 1961.

Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzaniya, Tundu Lissu, yashinjwe icyaha cyo guhemukira igihugu.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Ubujurire bwa La Liga ku bijyanye na Dani Olmo na Pau Víctor bwanzwe

Next Post

Soulja Boy yategetswe kwishyura miliyoni 4$ nyuma yo guhamwa n’ibyaha birimo gufata ku ngufu n’ihohoterwa

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Soulja Boy yategetswe kwishyura miliyoni 4$ nyuma yo guhamwa n’ibyaha birimo gufata ku ngufu n’ihohoterwa

Soulja Boy yategetswe kwishyura miliyoni 4$ nyuma yo guhamwa n’ibyaha birimo gufata ku ngufu n’ihohoterwa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

July 10, 2025
Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

July 10, 2025
Abahawe Green Card bahindutse Abanyamerika bashobora gukurwaho ubwenegihugu bwa Amerika

Abahawe Green Card bahindutse Abanyamerika bashobora gukurwaho ubwenegihugu bwa Amerika

July 10, 2025
Jude Bellingham agiye kubagwa urutugu rw’ibumoso

Jude Bellingham agiye kubagwa urutugu rw’ibumoso

July 10, 2025

Recent News

Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

July 10, 2025
Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

July 10, 2025
Abahawe Green Card bahindutse Abanyamerika bashobora gukurwaho ubwenegihugu bwa Amerika

Abahawe Green Card bahindutse Abanyamerika bashobora gukurwaho ubwenegihugu bwa Amerika

July 10, 2025
Jude Bellingham agiye kubagwa urutugu rw’ibumoso

Jude Bellingham agiye kubagwa urutugu rw’ibumoso

July 10, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

Mpano Yeah indirimbo ye ‘Bizakunda’ aherutse gushyira hanze ikomeje kuvugisha benshi

July 10, 2025
Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

Bruno K atangaje impamvu akunda gukundana n’abagore babyaye bonyine

July 10, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com