• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Ibindi

Ti’Amo Lounge ikomeje kunyura abakunzi b’icyo kurya, nyuma yo kuzana ifunguro riri kuvugisha abatari bake i Kigali

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
May 18, 2026
in Ibindi
0
Ti’Amo Lounge ikomeje kunyura abakunzi b’icyo kurya, nyuma yo kuzana ifunguro riri kuvugisha abatari bake i Kigali
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT
Mu mujyi wa Kigali abantu benshi bahora bashaka ahantu heza ho kuruhukira no gusangira n’inshuti cyangwa umuryango igisubizo ntakindi ni Ti’Amo Lounge ikomeje kwigarurira imitima ya benshi kubera amafunguro aryoshye, serivisi nziza ndetse n’ikirere cyiza gituma uyigannye yumva aruhutse byimazeyo.

Niba uri umwe mu bakunda amafunguro ateguwe ku buryo bwa kinyamwuga kandi akanyura uburyohe, Ti’Amo Lounge yakuzaniye “Chicken with Rice” idasanzwe. Ni inkoko zitetse neza, zifite uburyohe bwihariye kandi zigashyirwa hejuru y’umuceri uteguwe mu buryo buhumura kandi buryoshye bisanzwe. Iyo uyiteye akajisho gusa, uhita wumva ubushake bwo kuyisogongera.

Iri funguro ryateguwe ku buryo rihaza kandi rikanyura buri wese urikunda, yaba ushaka gusangira n’inshuti, gukora rendez-vous cyangwa kwiyitaho nyuma y’umunsi w’akazi. Ku mafaranga ibihumbi mirongo itatu by’by’amafaranga y’u Rwanda (30,000 frw), ubona ifunguro ridasanzwe rizaguhaza kandi rikagusigira ibyishimo bidasanzwe.

Nk’aho ibyo bidahagije, Ti’Amo Lounge yanazanye inkoko yuzuye ikaranze neza mu buryo bwa kinyamwuga, iba ifite uburyohe bw’umwimerere kandi igura ibihumbi makumyabiri by’amafaranga y’u Rwanda (25,000 frw) gusa. Ni amahirwe meza ku bakunda gufungura indyo y’inkoko ziryoshye kandi ziteguwe mu buryo bugezweho.

Ti’Amo Lounge iherereye i Remera, iruhande rwa Oryx Station, ahorohera buri wese kuhagera. Ushobora kuhagana ugasangira n’inshuti cyangwa ugahamagara mbere kugira ngo ugene ameza ukeneye cyangwa utumize ifunguro ryawe kuri nimero +250 788 302 456.

Niba ushaka ahantu hahuriza hamwe uburyohe, umuziki mwiza n’ikirere cyiza cyo kuruhukiramo, Ti’Amo Lounge ni ho hantu ukwiriye kugana uyu munsi.

Ti’Amo Lounge ikomeje kunyura abakunzi b’icyo kurya, nyuma yo kuzana ifunguro riri kuvugisha abatari bake i Kigali
Iri funguro ritegurwa ku buryo rihaza kandi rikanyura buri wese

ADVERTISEMENT
Previous Post

Umuhanzi Yampano yatawe muri yombi, akurikiranyweho ibyaha bitandukanye

Next Post

Raphinha yavuze ku hazaza he, nyuma y’ibihuha bikomeje kuvugwa ko yaba agiye kwerekeza muri Saudi Arabia

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Raphinha yavuze ku hazaza he, nyuma y’ibihuha bikomeje kuvugwa ko yaba agiye kwerekeza muri Saudi Arabia

Raphinha yavuze ku hazaza he, nyuma y’ibihuha bikomeje kuvugwa ko yaba agiye kwerekeza muri Saudi Arabia

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Raphinha yavuze ku hazaza he, nyuma y’ibihuha bikomeje kuvugwa ko yaba agiye kwerekeza muri Saudi Arabia

Raphinha yavuze ku hazaza he, nyuma y’ibihuha bikomeje kuvugwa ko yaba agiye kwerekeza muri Saudi Arabia

May 18, 2026
Ti’Amo Lounge ikomeje kunyura abakunzi b’icyo kurya, nyuma yo kuzana ifunguro riri kuvugisha abatari bake i Kigali

Ti’Amo Lounge ikomeje kunyura abakunzi b’icyo kurya, nyuma yo kuzana ifunguro riri kuvugisha abatari bake i Kigali

May 18, 2026
Umuhanzi Yampano yatawe muri yombi, akurikiranyweho ibyaha bitandukanye

Umuhanzi Yampano yatawe muri yombi, akurikiranyweho ibyaha bitandukanye

May 18, 2026
Abanyamulenge bigaragambije i Bruxelles bamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi

Abanyamulenge bigaragambije i Bruxelles bamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi

May 15, 2026

Recent News

Raphinha yavuze ku hazaza he, nyuma y’ibihuha bikomeje kuvugwa ko yaba agiye kwerekeza muri Saudi Arabia

Raphinha yavuze ku hazaza he, nyuma y’ibihuha bikomeje kuvugwa ko yaba agiye kwerekeza muri Saudi Arabia

May 18, 2026
Ti’Amo Lounge ikomeje kunyura abakunzi b’icyo kurya, nyuma yo kuzana ifunguro riri kuvugisha abatari bake i Kigali

Ti’Amo Lounge ikomeje kunyura abakunzi b’icyo kurya, nyuma yo kuzana ifunguro riri kuvugisha abatari bake i Kigali

May 18, 2026
Umuhanzi Yampano yatawe muri yombi, akurikiranyweho ibyaha bitandukanye

Umuhanzi Yampano yatawe muri yombi, akurikiranyweho ibyaha bitandukanye

May 18, 2026
Abanyamulenge bigaragambije i Bruxelles bamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi

Abanyamulenge bigaragambije i Bruxelles bamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi

May 15, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Raphinha yavuze ku hazaza he, nyuma y’ibihuha bikomeje kuvugwa ko yaba agiye kwerekeza muri Saudi Arabia

Raphinha yavuze ku hazaza he, nyuma y’ibihuha bikomeje kuvugwa ko yaba agiye kwerekeza muri Saudi Arabia

May 18, 2026
Ti’Amo Lounge ikomeje kunyura abakunzi b’icyo kurya, nyuma yo kuzana ifunguro riri kuvugisha abatari bake i Kigali

Ti’Amo Lounge ikomeje kunyura abakunzi b’icyo kurya, nyuma yo kuzana ifunguro riri kuvugisha abatari bake i Kigali

May 18, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com