Mu mujyi wa Kigali abantu benshi bahora bashaka ahantu heza ho kuruhukira no gusangira n’inshuti cyangwa umuryango igisubizo ntakindi ni Ti’Amo Lounge ikomeje kwigarurira imitima ya benshi kubera amafunguro aryoshye, serivisi nziza ndetse n’ikirere cyiza gituma uyigannye yumva aruhutse byimazeyo.

















