• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Ubuzima bwa Paul Biya bukomeje guteza impaka muri Cameroon

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
July 6, 2026
in Amakuru
0
Ubuzima bwa Paul Biya bukomeje guteza impaka muri Cameroon
0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Hashize iminsi havugwa byinshi ku buzima bwa Perezida wa Cameroon, Paul Biya, nyuma y’amakuru avuga ko bamwe mu bagize umuryango we wa hafi bageze mu Mujyi wa Genève mu Busuwisi, aho uyu Mukuru w’Igihugu amaze igihe ari.

Ikinyamakuru Jeune Afrique cyatangaje ko Paul Biya n’umugore we, Chantal Biya, bavuye muri Cameroon ku wa 7 Kamena 2026 berekeza i Genève, aho bivugwa ko yajyanywe kwitabwaho n’abaganga nyuma yo kugira ikibazo cy’uburwayi.

Andi makuru yatangajwe n’ibitangazamakuru mpuzamahanga avuga ko bamwe mu bagize umuryango wa Perezida Biya, harimo n’abakunze kutagaragara mu ngendo ze zo hanze y’igihugu, bageze mu Busuwisi mu minsi ishize. Ibyo byatumye havuka ibitekerezo bitandukanye, aho bamwe bakeka ko ubuzima bwe bushobora kuba bwarushijeho kuzamba.

Bivugwa ko Perezida Biya yumvise atameze neza nyuma y’ibirori byo kwizihiza Umunsi w’Igihugu bya Cameroon byabaye ku wa 20 Gicurasi, ndetse hakaba hari amakuru yavugaga ko yajyanywe mu ivuriro ryigenga ryo mu Busuwisi.

Icyakora, Guverinoma ya Cameroon yahise ihakana ayo makuru. Umuvugizi wa Guverinoma, René Emmanuel Sadi, yavuze ko Perezida Biya ari koko i Genève, ariko ko atari mu bitaro, ahubwo ko akomeje gukora inshingano ze nk’Umukuru w’Igihugu nk’uko bisanzwe.

Yanamaganye amakuru akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru amwe n’amwe, avuga ko arwaye bikomeye, ayita ibihuha bidafite gihamya.

Nubwo Guverinoma yakomeje guhumuriza abaturage, kuba Perezida Paul Biya amaze igihe atagaragara mu ruhame ndetse no kuba bamwe mu bagize umuryango we bari mu Busuwisi, byakomeje guteza impaka n’ibibazo ku buzima bwe ndetse n’icyerekezo cy’ubutegetsi bwa Cameroon.

Paul Biya afite imyaka 93 y’amavuko, akaba ari umwe mu bakuru b’ibihugu bamaze igihe kirekire ku butegetsi ku Isi. Yayoboye Cameroon kuva mu mwaka wa 1982, kandi mu myaka yashize yakunze kumara igihe kinini ari mu Busuwisi, ibintu byagiye bitera impaka n’ibibazo ku mibereho ye ndetse n’imiyoborere y’igihugu.

Ubuzima bwa Paul Biya bukomeje guteza impaka muri Cameroon
ADVERTISEMENT
Previous Post

Trump yashimiye FIFA, nyuma yo kwemerera Balogun kongera gukina

Next Post

MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 bavuga ko bafashe agace ka Mulima muri Fizi

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 bavuga ko bafashe agace ka Mulima muri Fizi

MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 bavuga ko bafashe agace ka Mulima muri Fizi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

July 11, 2026
DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

July 11, 2026
IShowSpeed yagaragaje ko adatera umwaku aza yiyambariye umwambaro umwe ukomatanyije

IShowSpeed yagaragaje ko adatera umwaku aza yiyambariye umwambaro umwe ukomatanyije

July 10, 2026
kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

July 10, 2026

Recent News

Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

July 11, 2026
DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

July 11, 2026
IShowSpeed yagaragaje ko adatera umwaku aza yiyambariye umwambaro umwe ukomatanyije

IShowSpeed yagaragaje ko adatera umwaku aza yiyambariye umwambaro umwe ukomatanyije

July 10, 2026
kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

kuri uyu wa Gatanu umuraperi Ish Kevin arataramira abakunzi be i Remere muri Ti’Amo Lounge

July 10, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

Kagarara yatunguwe no kubona Ashton Hall amuha imodoka y’akataraboneka uhagaze akayabo ka miliyoni zirenge 7 Frw

July 11, 2026
DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

DJ Sonia yashimiye RIB nyuma yo kwakira ikirego cye no kumwizeza ko kirigukurikiranwa

July 11, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com