• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Mbappé yarase penariti ubwo Real Madrid yatsindwaga na Liverpool ibitego 2 muri UEFA Champions League

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
November 28, 2024
in Imikino
0
Mbappé yarase penariti ubwo Real Madrid yatsindwaga na Liverpool ibitego 2 muri UEFA Champions League
0
SHARES
9
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Byabaye ibihe bitoroshye ku mukinnyi w’umupira wamaguru Kylian Mbappé, warase penariti ubwo Real Madrid yatsindwaga na Liverpool ibitego 2-0.

Ni mu gihe umutoza mukuru w’ikipe ya Real Madrid, Carlo Ancelotti yemeye ko Liverpool yari ikwiye gutsinda Real Madrid, yavuze ko kandi Mbappé akeneye inkunga ikomeye yo kuba afite abamugariza benshi, kuko ntibyumvikana kurata penariti.

Kapiteni wa Real Madrid, Luka Modric yavuze ko nubwo Mbappé yari afite inzibacyuho itoroshye, ariko ntabwo bimwemerera kuba umwami muri Real Madrid, kugeza naho arata penariti.

Modric yagize ati: “Ntabwo byoroshye gukora intangiriro kuri Mpappe i Madrid, uko byagenda ko ibihe bya mbere biragora kubaka izina mu ikipe”.

Ku cyumweru, Mbappé na Madrid bashobora kugira amahirwe meza yo gusubirana intsinzi kuba bazahura na Getafe muri La Liga ku cyumweru.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Waruziko pellet ibikomoka ku mazirantoki y’inkwavu bifite uruhare runini mu buzima bwa muntu

Next Post

Lewis Hamilton yatangaje igihe azamara muri Mercedes, nubwo hari ibibazo yahuye nabyo

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Lewis Hamilton yatangaje igihe azamara muri Mercedes, nubwo hari ibibazo yahuye nabyo

Lewis Hamilton yatangaje igihe azamara muri Mercedes, nubwo hari ibibazo yahuye nabyo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2

Gashumba avuga ko umuziki wa Uganda utarambuka imipaka, ugereranyije n’uw’Abanya-Nijeriya na Amapiano wateye isi yose.

July 1, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

June 30, 2025

Recent News

Gashumba avuga ko umuziki wa Uganda utarambuka imipaka, ugereranyije n’uw’Abanya-Nijeriya na Amapiano wateye isi yose.

July 1, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

June 30, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Gashumba avuga ko umuziki wa Uganda utarambuka imipaka, ugereranyije n’uw’Abanya-Nijeriya na Amapiano wateye isi yose.

July 1, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com