• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Ibindi

Ti’Amo Lounge Bistro & Café yahananuye ibiciro bya Burger mu rwego rwo korohereza abakiriya

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 29, 2026
in Ibindi
0
Ti’Amo Lounge Bistro & Café yahananuye ibiciro bya Burger mu rwego rwo korohereza abakiriya
0
SHARES
10
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Abakunzi b’ibyo kurya biryoshye n’ahantu heza ho kuruhukira bafite impamvu yo kwishimira buri wa Kabiri, nyuma y’uko Ti’Amo Bistro & Café itangaje poromosiyo idasanzwe ku bakunda Burger. Iyi promosiyo ya Burger ivuga ko “iyo uguze Burger imwe uhabwa indi imwe ku buntu” ibyo byose bikagurwa ku mafaranga 8,000 Frw gusa.

Ni amahirwe akomeye ku bantu bakunda gusangira n’inshuti zabo, abakundana cyangwa se abifuza kwinezeza nyuma y’akazi. Ubu buryo bwashyizweho bugamije gutuma buri wa Kabiri uba umunsi wihariye wo gusohoka no gusangira n’inshuti ndetse n’abavandimwe ahantu hafite umwuka mwiza ndetse n’uburyohe budasanzwe.

Ti’Amo Lounge Bistro & Café iherereye i Remera imbere ya Gare impande ya Station Oryx. Dore ko ari ahantu hamaze kumenyekana cyane kubera serivisi zinoze ziharangwa, ibiryo byujuje ubuziranenge ndetse n’ikirere cyiza gishimisha abayigana.

Ubuyobozi bwa Ti’Amo buvuga ko iyi promosiyo yashyizweho mu rwego rwo guha abakiliya babo ibyishimo no kubashimira uburyo bakomeje kubagana umunsi ku munsi. Banasaba abantu kugerayo kare kugira ngo badacikanwa n’aya mahirwe adasanzwe.

Niba ushaka guhindura umunsi wawe wo ku wa Kabiri ugahinduka umunsi w’umunezero no kuryoherwa n’ibihe bidasanzwe, Ti’Amo Lounge Bistro & Café niho hantu heza hagufasha ibyo byose. Burger ebyiri zashizwe ku giciro cy’imwe cy’ibihumbi umunani by’amafaranga y’u Rwanda ( 8,000 FRW ) ni amahirwe atagomba gucikwa na buri umwe.

Ti’Amo Lounge Bistro & Café yahananuye ibiciro bya Burger mu rwego rwo korohereza abakiriya
Ubuyobozi bwa Ti’Amo buvuga ko iyi promosiyo yashyizweho mu rwego rwo guha abakiliya babo ibyishimo no kubashimira uburyo bakomeje kubagana umunsi ku munsi
Burger iri mu ndyo abantu bakunda kubera uburyo iba iteguranye
ADVERTISEMENT
Previous Post

Aline Gahongayire yashyizeho amarushanwa agamije kuzamura impano nshya mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana

Next Post

U Bushinwa bwiyemeje gufasha u Rwanda kongera ibyoherezwa mu mahanga binyuze mu buhinzi

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
U Bushinwa bwiyemeje gufasha u Rwanda kongera ibyoherezwa mu mahanga binyuze mu buhinzi

U Bushinwa bwiyemeje gufasha u Rwanda kongera ibyoherezwa mu mahanga binyuze mu buhinzi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

July 31, 2026
Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

July 31, 2026

Recent News

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

Ghana yemeje ivugurura ry’Itegeko Nshinga: Aho manda ya Perezida ishobora kuba imyaka itanu

July 31, 2026
Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

Uli Hoeneß yavuze ko Real Madrid idashobora kumutwara Michael Olise

July 31, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

AFC/M23 yasabye Loni gusuzuma bundi bushya ibihano byafatiwe abayobozi bayo

July 31, 2026
Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

Liberia yatwitse cocaine ihagaze akayabo ka miliyoni 336$ mu gukaza urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge

July 31, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com